skol

Politiki

Perezida Trump yiyemeje gutsinda intambara yo muri Afghanistan

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yavuze ko kuvana abasirikare ba Amerika (…)

Abanyangola basigaje amasaha bagatora perezida usimbura uwo bamaranye imyaka 38

Kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama abaturage b’ Angola barazindukira mu matora ya Perezida wa (…)

Perezida Buhari yageze mu gihugu asohoka mu ndege yigenza

Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari wari umaze amezi arenga atatu arwariye mu gihugu cy’ (…)

UN yatangaje ko FDLR na FARDC barwanya abategura guhirika Perezida Nkurunziza

Umuryango w’ abibumye UN washyize ahagaragara raporo ivuga ko inyeshyamba za FDLR n’ ingabo z’ (…)

Ubutumwa Obama yashyize kuri twitter bwaciye agahigo ko gukundwa n’ abantu benshi ku Isi

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika ucyuye igihe Barack Obama ubutumwa yashyize ku rubuga (…)

Kenya: Mu mafoto reba isura y’ imvururu zadutse nyuma yo gutangaza ko Perezida Kenyatta ari we watsinze amatora

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Kanama 2017 nibwo Komisiyo y’ amatora yatangaje (…)

Perezida Nkurunziza yibasiwe n’ ibitutsi nyuma yo kwishimira intsinzi ya Kenyatta

Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza yatutswe n’ abantu batandukanye ku rubuga rwa Twitter (…)

Kenya: Umunyeshuri w’ imyaka 23 yatorewe kuba umudepite

Umunyeshuri wiga muri kaminuza ya Mount Kenya University yatsindiye kuba umudepite w’ amajyepfo (…)

Kenya: Odinga yamaganye ibyavuye mu ibarura ry’ agateganyo

Raila Odinga umunyapolitiki utavuga rumwe n’ ubutegetsi uri mu bakandida 9 bahatanira kuyobora (…)

Afurika y’ Epfo: Ku nshuro ya 6 Perezida Zuma yasimbutse kweguzwa n’ abadepite

Perezida wa Afurika y’ Epfo Jacob Zuma ku nshuro ya 6 yongeye gusimbuka kweguzwa n’ abadepite (…)

Perezida Putin yashyize ahagaragara amafoto arimo iyo arimo kuroba ifi

Perezida w’ u Burusiya Vladmir Putin yashyize ahagaragara amafoto atandukanye amugaragaza ari mu (…)

Koreya ya Ruguru iritegura kwihorera nyuma yo gukorwa mu jisho

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika, Rex Tillerson, aratangaza ko kuri uyu wa Mbere (…)

Perezida Donald Trump arasabwa kwegura mbere y’ uko yeguzwa

Umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika asanga Perezida w’ iki (…)

Icyizere cyo kuba Uburusiya bwabana n’ ubutegetsi bushya bw’ Amerika kiraje amaside

Ubwo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hajyagaho ingoma ya Trump, perezida w’Uburusiya, Vladimir (…)

Abanyarwanda baba mu mahanga batangiye gutora Perezida [AMAFOTO]

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Kanama mu bihugu bitandukanye by’ amahanga Abanyarwanda bazindukiye (…)