skol

Politiki

ONU irashinja Perezida Trump kugaba ibitero ku Itangazamakuru

Umukuru w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu, Zeid Ra’ad al (…)

Gen. Niyombare n’inyeshyamba baritegura gutera u Burundi

Gen.Godefroid Niyombare yamaze gutangaza ko we n’abo ayoboye bahuriye mu mutwe w’inyeshyamba (…)

Ubushinwa busanga ibihano Amerika yafatiye Venezuela nta muti bizatanga

Ubushinwa buravuga ko ibihano Leta zunze ubumwe zashyiriyeho Venezuela ntacyo bizafasha mu (…)

Perezida Duterte wa Philippines yahaye uburenganzira Polisi bwo kwica ubasagariye

Perezida wa Philippines Rodrigo Duterte yabwiye abapolisi kwica umuntu wese ushatse kubarwanya, (…)

Abasirikare ba Centrafrique 40 banduye SIDA bangiwe gukorera imyitoza mu Rwanda

Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo kubuza abasirikare bagera kuri 40 ba Centrafrique gukora (…)

Ubushinwa bwahagaritse ama Sosiyeti ya Koreya ya Ruguru

Igihugu cy’ Ubushinwa cyatangaje ko cyahagaritse ayandi mashyirahamwe ya Koreya ya Ruguru (…)

Koreya ya Ruguru yarashe ibisasu bya misile bitatu

Kuri uyu wa 26 kanama 2017 igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko Koreya ya (…)

Afuganistani : Abantu 20 bahitanwe n’igitero cy’iterabwoba

Abayobozi ba Afuganistani batangaje ko igitero cy’umwiyahuzi ku musigiti w’abashiyite ku murwa (…)

Turukiya: Abandi bakozi 900 barimo abajenerali bakuwe mu kazi

Abakozi ba Leta barenga 900 bakuwe mu kazi mu gihugu cya Turukiya mu rukurikirane rwo guhana (…)

ONU yasabye Sudani y’Epfo gukemura Ibibazo Imbere y’Amatora

Intumwa idasanzwe y’Ishirahamwe Mpuzamahanga ONU muri Sudani y’Epfo, Nicholas Haysom, yatangaje (…)

Amerika yiyemeje guha intwaro Ukraine kugirango ihangane n’Uburusiya

Jim Mattis, Umunyamabanga ushinzwe ingabo. wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yagendereye igihugu (…)

Ubushinwa buraburira Amerika ku byo ikomeje gukora kuri Koreya ya ruguru

Ubushinwa burasaba Leta zunze ubumwe z’Amerika zo zakwikosora ku makosa zakoze zishyiriraho (…)

Uburusiya bwashotoye Koreya y’ Epfo n’ Ubuyapani

Uburusiya bwohereje ibitwaro by’ubumara mu kazi hafi ya Koreya y’epfo n’Ubuyapani Inkuru (…)

Lourenço wari Minisitiri w’Ingabo yatorewe kuyobora Angola

Ishyaka rya MPLA riri ku butegetsi niryo ryegukanye itsinzi mu matora y’umukuru w’Igihugu cya (…)

Perezida wa Congo Brazzaville yashyize umukwe we muri Guverinoma nshya

Perezida wa Congo Perezida wa Congo Brazzaville, Denis Sassou-Nguesso uherutse mu Rwanda, yamaze (…)