skol

Politiki

Perezida Gnassingbé wa Togo yasabwe kwegura

Abanyagihugu bari bakoraniye I Lomé ku murwa mukuru wa Togo ku mugoroba wo kuri uyu wa kane mu (…)

Imigabo n’ imigambi ya Guverineri Gatabazi na Guverineri Mufulukye bari mu bemejwe na Sena

Sena y’ u Rwanda kuri uyu wa Kane tariki 7 Nzeli 2017 yemeje abayobozi 8 barimo Guverineri (…)

Trump: Gutera Koreya ya Ruguru sicyo kiza imbere y’ibindi bihangayikishije Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe Amerika, yavuze ko gukoresha ingufu za gisirikare mu (…)

Abategetsi 3 ba Sudani y’Epfo bafatiwe ibihano n’Amerika

Leta zunze ubumwe z’Amerika yafatiye ibihano abategetsi babiri bakomeye bo muri Leta ya Sudani (…)

Kenya: Umunyamabanga mukuru wa Komisiyo y’ amatora yakuwe mu bazahagarira itora rya Perezida

Umuyobozi wa IEBC, Wafula Chebukati Umuyobozi Mukuru wa Komisiyo y’Amatora muri Kenya (IEBC), (…)

Bidasubirwaho uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo niwe wabaye Perezida wa Angola

Komisiyo y’amatora mu gihugu cya Angola yemeje bidasubirwaho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 (…)

Putin yavuze ko Koreya ya Ruguru yakwemera ikarisha ibyatsi ariko igakomeza gukora intwaro

Perezida Vladimir Vladimirovich Putin w’Uburusiya, yatangaje ko umugambi wa Koreya ya Ruguru wo (…)

Raila Odinga yanze italiki y’amatora Kenyatta yamutsinzemo

Nyuma y’uko urukiko rw’ikirenga rwa Kenya rutegetse ko amatora y’umukuru w’igihugu agomba (…)

Kenya: Raila Odinga yatangaje igishobora kumubuza kongera guhatanira kuba Perezida

Raila Odinga, Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ ubutegetsi bwa Kenya wari uhanganye na Perezida (…)

Koreya y’ Epfo yatangaje ko Koreya ya Ruguru igiye kugerageza ikindi gisasu gikomeye

Igihugu cya Koreya y’ Epfo cyaburiye Isi ko Koreya ya Ruguru iri mu myiteguro yo kugerageza (…)

Burundi: UN yakoze urutonde rw’ abayobozi bakuru bakekwaho ibyaha bikomeye

Kuri uyu wa Mbere tariki 4 Nzeli inzobere z’ umuryango w’ Abibumbye zasabye urukiko mpuzamahanga (…)

Perezida w’ urukiko rw’ ikirenga wa Kenya yahawe hafi miliyoni 5 z’ amadorali arazanga

Perezida w’ urukiko rw’ ikirenga muri Kenya David Maraga ku wa Kane tariki 31 Kanama yahawe (…)

Kenyatta yemeye icyo amategeko ateganya, Odinga asabira ibihano abagize Komisiyo y’amatora

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 01 Nzeli 2017, The East African yandikirwa mu gihugu (…)

Uburundi, Tanzaniya na HCR bageze ku mwanzuro wo gucyura impunzi

Leta y’Uburundi, Tanzaniya, hamwe na HCR kuri uyu wa kane tariki ya 31 Kanama 2017 batangaje ko (…)

Kenya: Urukiko rw’ ikirenga rusheshe ibyavuye mu matora ya Perezida aheruka

Urukiko rw’ ikirenga mu gihugu cya Kenya kuri uyu wa Gatanu tariki 1 Nzeli 2017 rwasheshe (…)