skol

Politiki

Perezida Zuma yatangaje ko yifuza gusimburwa na Dlamini Zuma wahoze ari umugore

Perezida w’Afurika y’Epfo, Jacob Zuma yatangaje ko Dr Nkosazana Dlamini-Zuma ari we aha amahirwe (…)

Umuvugizi wa Perezida Mugabe yanyomoje amakuru y’ uko Mugabe asinzira mu nama

Umuvugizi wa Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yatangaje ko ibyo abantu bakeka ko uyu muyobozi (…)

Umukandida wigenga niwe wabaye Perezida wa Koreya y’Epfo

Abaturage ba Koreya y’ Epfo bahisemo umukandida wigenga Moon Jae-in ngo ababere Perezida (…)

Icyo Isi ivuga ku nsinzi ya Emmanuel Macron

Umufaransa ushyigikiye cyane Umuryango w’ Ubumwe bw’ I Burayi Emmanuel Macron niwe yatorewe kuba (…)

Macron yatsinze amatora ya Perezida w’ u Bufaransa

Emmanuel Macron yatsindiye kuba Perezida w’u Bufaransa, mu matora y’Umukuru w’igihugu w’ u (…)

Abafaransa baratora Perezida usimbura Francois Hollande

Ku isaha ya Saa mbili ku masaha yo mu Rwanda, kuri iki Cyumweru tariki 7 Gicurasi 2017, (…)

Perezida Mugabe yirengagije ukuri, yemeza ko Zimbabwe ariyo ya kabiri iteye imbere muri Afurika

Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yirengagije ibimenyetso byose biriho bigaragaraza ukuri avuga (…)

Obama iyo turi kumwe aba ari inshuti yataha agahinduka umwanzi - Trump

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye gushimangira ko uwo yasimbuye Barack Obama (…)

Trump yaganiriye na Putin ku kibazo cya Syria n’ icya Koreya ya Ruguru

Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump na mugenzi we w’ u Burusiya Vladmir Putin (…)

Perezida Trump ashaka guhura na Perezida wa Koreya ya Ruguru

Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko yiteguye guhura na Perezida (…)

Perezida Buhari yasabwe gufata ikiruhuko kubera uburwayi

Itsinda rigizwe n’ abavugana rikumvikana muri Nigeria ryasabye Perezida w’ icyo gihugu Muhammadu (…)

Afurika y’Epfo: Perezida Jacob Zuma yasubitse ijambo nyuma yo kumwazwa

Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yasubitse ibikorwa byo kwizihiza umunsi w’abakozi nyuma (…)

U Burusiya : Abanyagihugu bakoze imyigaragarambyo yamagana Perezida Putin

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Mata 2017, abaturage b’ u Burusiya bakomeje imyigarambyo (…)

Menya uko Perezida Trump agambiriye gukorana na bimwe mu bihugu byo muri Afurika

Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ (…)

Amerika yiteguye gufatira ibihano Korea ya Ruguru

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavuze ko inkingi yo kuzibira ibitero bya "misile" igiye gutangira (…)