skol

Politiki

Perezida wa Korea y’ Epfo wari umaze amezi atatu yegujwe by’ agateganyo yegujwe bidasubirwaho

Perezida wa Koreya w’ Epfo Madamu Park Geun-hye wegujwe kuri uwo mwanya abaye Perezida wa mbere (…)

‘Kongerera ubushobozi abagore niyo nzira rukumbi yo kubahiriza uburenganzira bwabo’ Antonio Guterres

Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’ Abibumbye Antonio Guterres asanga inzira rukumbi yatuma (…)

Koreya ya Ruguru na Malyasia byafungiranye imipaka

Kim Jong nam na Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un Igihugu cya Koreya ya Ruguru n’ (…)

Perezida Museveni yongeye gukora impinduka mu gisirikare cya Uganda

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni akaba n’ umugaba w’ ikirenga w’ ingabo bwa gatatu mu (…)

Perezida Trump yashinje Obama kumwumviriza kuri telefone

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yashinje uwo yasimbuye, Barack Obama (…)

RDC: Umudepite n’ umugore we batawe muri yombi kubera gusebya umukuru w’ igihugu

Umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, akaba n’ (…)

Perezida Mugabe uheruka kwizihiza isabukuru w’ imyaka 93, yanjyanywe kuvurirwa muri Singapore

Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe wizihije isabukuru y’ imyaka 93, mu kwezi gushize kwa (…)

Ibihugu bibiri byatumye inama ya 18 y’ abakuru b’ ibihugu bigize EAC yongera gusubikwa

Ubunyamabanga bw’ Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba EAC bwatangaje ko inama y’ Abakuru (…)

George W Bush ntabona kimwe na Trump akamaro k’ itangazamakuru ryigenga

George W Bush wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika, ashyigikiye ko itangazamakuru (…)

Umugore wa Perezida Trump ashobora kwirukanwa muri Amerika kubera uburiganya

Mu gihe Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump akomeje umugambi wo kwirukana (…)

Perezida Trump ngo uyu mwaka ntabwo azasangira n’ abanyamakuru

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko atazitabira muri uno mwaka (…)

Mexique iraburira Leta zunze ubumwe Amerika ko izihimura

Mexique iravuga ko izihimura ibicuruzwa byayo byinjira muri Amerika nibizamurirwa amahoro (…)

ONU yaburiye Perezida Nkurunziza ushobora kuba ashaka manda ya kane

Umunyamabanga Mukuru wa Umuryango w’ Abibumbye, Antonio Guterres yavuze ko adashyigikiye (…)

Burundi: Haravugwa ibinogo byatawemo abantu bagera ku 2500

Musenyeri Jean Louis Nahimana Mu gihugu cy’ u Burundi hashobora kuba hari ibinogo byatawemo (…)

Hatangiye gahunda yo gusaba Barack Obama kwiyamamariza kuyobora u Bufaransa

Mu gihugu cy’ u Bufaransa abakunzi ba Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ (…)