skol

Politiki

Minisitiri w’ intebe wa Congo yeguye

Minisitiri w’ intebe wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Samy Badibanga, kuri uyu wa 6 (…)

Burundi: Indirimbo y’ urubyiruko rwo mu ishyaka riri ku butegetsi yateje impagarara mu gihugu

Indirimbo yaririmbwe n’ Imbonerakure , urubyiruko rwo mu ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’ (…)

Umuhungu wa Perezida Trump yakomoje kucyenewabo kivugwa kuri Se

Eric Trump, Umuhungu wa Donald Trump, Perezida Leta zunze ubumwe z’ Amerika yakomoje ku (…)

Kaminuza ya Makerere yirukanye Umwarimu watutse umugore wa Perezida Museveni

Inama y’ubutegetsiya Kaminuza ya Makarere, yahagaritse Dr Stella Nyanzi wari umwarimu nyuma (…)

Amerika irashinja u Burusiya kugaba ibitero muri Ukraine

Leta ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika iyobowe na Prezida Donald Trump ikomeje gutunga agatoki (…)

Umukobwa wa Trump yahawe imirimo muri Perezidansi ya Amerika

Umukobwa wa Perezida Donald Trump, Ivanka Trump yahawe akazi muri Perezidansi ya Leta zunze (…)

Amerika itewe inkenke n’ ibirimo kubera muri Congo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ibabajwe n’uburyo amasezerano ya politike muri (…)

Umukwe wa Trump yemeye gutanga ubuhamya ku ruhare rw’u Burusiya mu matora ya USA

Jared Kushner, Umukwe wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), yemeye (…)

U Burusiya: Abarenga ibihumbi 6 bitabiriye imyigaragambyo irwanya Leta

Igipolisi kiravuga ko abantu bari hagati ya 6000 na 8000 bateraniye i Moscow Mu Burusiya (…)

Perezida Magufuli yasabye itangazamakuru kwitonda no kwigenzura cyane

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli yakiriye indahiro z’ abaminisitiri bashya barimo Dr (…)

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping [Amafoto]

Perezida wa republika Paul Kagame na madame we Jeannette Kagame kuri uyu wa gatanu bagiranye (…)

Abasenateri bateye utwatsi ibivugwa na Trump ko Obama yamwumvirizaga kuri telefoni

Abasenateri bagize Komisiyo y’ ubutasi muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika bamaganye ibyo Perezida (…)

Umucamanza yahagaritse itegeko rivuguruye rya Trump rireba abimukira habura amasaha ngo ritangire kubahirizwa

Umucamanza wo muri Leta ya Hawaii yaraye ahagaritse itegeko rivuguruye rya Perezida wa Leta (…)

Perezida wa Koreya y’ Epfo wegujwe ku butegetsi yavuye muri Perezidansi, uko byari byifashe

Perezida wa Koreya y’Epfo, Park Geun-hye, wakuwe ku butegetsi yamaze kuva mu ngoro y’umukuru (…)

Perezida wa Nigeria wari ugiye kumara amezi 2 ari mu Bwongereza yivuza yagurutse mu gihugu cye

Nyuma y’ ibihuha byahwihwiswaga ku bijyanye n’ ubuzima bwe Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari (…)