skol

Politiki

Amerika: Hatangiye urubanza ruzafatirwamo umwanzuro ndakuka w’ aho Kigeli V azatabarizwa

Urukiko rwo muri Leta ya Virginia muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwatangiye kumva ubuhamya (…)

Francois Hollande yijeje Isi ko bidatinze imitwe y’ iterabwoba izahinduka amateka

Perezida w’Ubufaransa Francois Hollande yatangaje ko Leta ya Kisilamu izakubitwa hasi mu minsi (…)

Amerika yakiriye neza amasezerano yo muri Kongo

Leta zunze ubumwe z’Amerika yakiriye neza isinywa ry’amasezeano yo muri Repubulika Iharanira (…)

Umurepubulikani ukomeye afite ubwoba bw’ ubutegetsi bwa Trump

Umutegetsi ukomeye mu ishyaka riherutse gutorerwa kuyobora Leta z’ Amerika ‘abarepublicain’ (…)

Perezida wa Koreya y’Epfo Madamu Park Geun –Hye yahakanye ibyo avugwaho

Perezida Madamu Park Geun-Hye wa Koreya y’Epfo yahakanye ibyo avugwa birimo ruswa no kugambanira (…)

Trump yahigiye ko ibyo Obama yubatse nta buye rizasigara rigeretse ku rindi

Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa gusimbura Barack Obama muri White House yatangaje ko (…)

Perezida Nkurunziza yagaragaje icyatuma atarekura ubutegetsi

Perezida w’ u Burundi Pierre Nukurunziza yatangaje ko ubwo manda ayoboye izaba irangiye muri (…)

Putin yasabwe kwirukana abadiplomate ba Amerika arabyanga

Perezida w’ Uburusiya Vladmir Putin yavuze ko kwirukana abadiplomate ba Leta zunze Ubumwe za (…)

Perezida Museveni yakuriye inzira ku murima abamusaba kurekura umwami Mumbere

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yateye utwatsi abatavuga rumwe n’ Ubutegetsi bwe (…)

Perezida Obama yahambirije abadiplomate 35 b’ Uburusiya

Perezida ucyuye igihe wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Barack Obama yirukanye abadipolomate 35 (…)

Ibintu 5 Obama yakoze agamije kunaniza Trump

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe, Barack Obama asigaje igihe kitageze ku (…)

‘Isiraheli niba ishaka amahoro ikwiye kubaha ubwigenge bwa Palestina’ - USA

Umunyamabanga wa Leta zunze Ubumwe za Amerika John Kerry arashimangira ko niba Israheli yifuza (…)

Trump yeretse ibyamamare byanze kuzamuririmbira arahira ko byimajije ubusa

Abaririmbyi bakunze cyane ku Isi barimo Celine Dion, John Legend n’ abandi banze kuzaririmba mu (…)

Umwanzuro wa Loni kuri Israel watumye Senegal ihagarikirwa inkunga

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatangaje ko igihugu cye kitazubahiriza ibyo (…)

Boko Haram ibyayo birasa n’ ibyarangiye

Perezida Muhammadu Buhari wa Nijeriya yatangaje ko igisirikare cy’ iki gihugu cyafashe ikambi ya (…)