skol

Politiki

Liban uu n’amarira nyuma y’imfpu z’abasaga 490 bahitanwe n’ibitero bya Israel

Abantu nibura 492 biciwe mu bitero byo mu kirere bikaze kandi byageze henshi bya Israel (…)

Tanzania: Polisi yafunze abayobozi b’ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe na leta

Umuyobozi wa Polisi mu Mumujyi wa Dar es Salaam Jumanne Muliro, yavuze ko Igipolisi ayoboye (…)

Perezida Zelensky ntiyanyuzwe n’ubushyo amakuru y’urupfu rw’abasirikare be yagiye hanze

Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelensky yamaganye ibinyamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe za (…)

Burya yari amashengo!Putin wari wavuze ko ashyigikiye Kamala Harris

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov yatangaje ko ibiheruka kuvugwa na (…)

Israel yugarijwe n’ibisasu bya Hezbollah iravugwaho gufunga ishami rya Al Jazeela i Ramallah

Abasirikare ba Israel bagabye igitero ku biro bya Al Jazeera i Ramallah muri West Bank (…)

Kenya: Gukura mu butegetsi Visi Perezida byatangiriye ku kumwirukana mu itsinda rya WhatsApp

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yahishuye ko yakuwe mu itsinda ry’urubuga rwa WhatsApp (…)

Gen Muhoozi yanditse kuri X ye ko adashaka gusimbura se kuko UPDF ikimukeneye

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atacyiyamamarije (…)

Abasirikari Bayobora Intara za Kivu na Ituri Barasabirwa Kuvanwaho

Abadepite bahagarariye intara zo mu burasirazuba mu nteko nshingamategeko muri Repubulika ya (…)

RDC: Umudepite wo mu burasirazuba yabwiye inteko ko Barambiwe ibihe bidasanzwe

Umudepite Iracan Gratien de Saint-Nicolas uhagarariye intara ya Ituri mu Nteko Ishinga Amategeko (…)

Amerika Irashakisha Uko Agahenge Kaboneka mu Ntambara yo muri Gaza

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Antony Blinken, ejo na none (…)

Perezida Suluhu yikomye amahanga ashaka kumutegeka uko ayobora Tanzania

Perezida Samia Suluhu Hassan yabwiye abadipolomate bahagarariye ibihugu byabo muri Tanzania ko (…)

Intambara ikomeje kuzambya ibintu hagati ya Isiraheli na Palesitina

Mu gihe Isiraheli ifite gahunda yo kugarura abakuwe mu byabo baherereye mu majyaruguru kubera (…)

Urwego rw’Amerika rurinda abategetsi bo hejuru ruvuga ko ruzi iby’ubutumwa bwa Elon Musk kuri Harris na Biden

Urwego rw’Amerika rushinzwe gucunga umutekano w’abategetsi bo hejuru n’abahoze ari abategetsi bo (…)

Tanzania: Ikibazo cy’ishimutwa cyamaganwe n’Abepisikopi

Inama y’Abepisikopi Gatolika muri Tanzania yamaganye ishimutwa n’ubwicanyi bikomeje kumvikana (…)

Urukiko rugiye gusuzuma ikirego cy’umudepite wareze Perezida Zelensky kugundira ubutegetsi

Urukiko rwo muri Ukraine rugiye gusuzuma ikirego cyatanzwe n’Umudepite utavuga rumwe (…)