skol

Politiki

Uganda: Ishyaka rya Bobi Wine ryatangaje ko arimo koroherwa nyuma y’igitero cya polisi

Umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda Bobi Wine yakomeretse ku kuguru mu guhangana (…)

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine yeguye mbere y’uko Perezida Zelenskyy abyikorera

Dmytro Kuleba yeguye ku mirimo ye yo kuba minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, nyuma (…)

Uganda: Umujyanama avuga ko Bobi Wine yakomerekejwe n’umupolisi

Umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi ’Bobi Wine’ utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, (…)

Netanyahu yasabye ’imbabazi’ kubera impfu z’abashimuswe mu gihe imyigaragambyo ikomeje

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yasabye "imbabazi" Abanya-Israel kubera (…)

Menya Sumbu Sita wasimbuye Tshibangu nk’intumwa mu bibazo bya RDC n’u Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yashyizeho Sumbu Sita Mambu (…)

Amashyaka ashyigikiye Joseph Kabila yagaragaje ko Perezida Tshisekedi nta bushobozi afite

Ihuriro FCC rihuza amashyaka ashyigikiye Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira (…)

Ukraine yizeye ko Mongoliya izafunga Putin witegura kuyigenderera

Ukraine yasabye Mongoliya guta muri yombi Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin mu ruzinduko rwe (…)

Tshisekedi yirukanye Tshibangu wari intumwa ye yihariye mu bibazo afitanye n’u Rwanda

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye yirukanye (…)

Burundi: Haravugwa inkubiri yo kwishyuza umusanzu w’ishyaka CNDD-FDD ku ngufu

Abaturage bo mu ntara ya Kayanza iri mu majyaruguru y’u Burundi ntibatekanye nyuma y’uko (…)

Uburusiya: Abasirikare ba Ukraine bamaze kugera mu Burusiya

Abasirikare ba Ukraine bateye intambwe bagera muri kilometero 30 imbere mu Burusiya, mu gitero (…)

Iraq: Umuhungu cyangwa umukobwa azajya ashyingirwa ku myaka icyenda

Itsinda ‘Coordination Framework’ ry’amashyaka ya politike agendera ku mahame y’Idini ya Islam (…)

DR Congo: Abakatiwe igihano cy’urupfu bose bamenyekanye

Corneille Nangaa ukuriye ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo umutwe wa M23, n’abandi (…)

Amerika: Biden yagaragaje impungenge afitiye Trump mu gihe yatsinda amatora

Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko atizeye ko hazabaho guhererekanya ubutegetsi mu mahoro (…)

Imyigaragambyo yatumye Minisitiri w’Intebe yegura, ahunga igihugu

Sheikh Hasina Wazed w’imyaka 76 wari Minisitiri w’Intebe wa Bangladedh yeguye ndetse ahunga (…)

Amerika yatunze agatoki ku bihugu bishaka kwivanga mu matora yayo

Nk’uko byagenze mu matora yo mu myaka yashize, aya yo mu 2024 muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, (…)