skol

Politiki

Labour yarahiriye kutazatuma abimukira baza mu Rwanda yatsinze amatora mu Bwongereza

Minisitiri w’intebe mu Bwongereza bwana Rishi Sunak yemeje ko ishyaka rye Conservative Party (…)

Perezida Ruto yahagaritse kongera imishahara y’abadepite kubera uburakari bw’abaturage

Ukongererwa imishahara ku baminisitiri n’abadepite bo muri Kenya kwari guteganyijwe ntikuzabaho, (…)

Perezida Biden yahishuye ibyatumye yitwara nabi mu kiganiro mpaka

Perezida w’Amerika Joe Biden yegetse kwitwara nabi kwe mu kiganiro mpaka mu cyumweru gishize ku (…)

Umuryango wa Perezida Biden wamushishikarije gukomeza kwiyamamaza

Umuryango wa Perezida w’Amerika w’umudemokarate Joe Biden wamushishikarije kwirengagiza (…)

RDC: Ihuriro Lamuka ryasabye ibisobanuro Tshisekedi kuri M23

Ihuriro ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Lamuka ryasabye ibisobanuro umukuru w’igihugu na (…)

Afurika y’Epfo yatangaje leta nshya y’ihuriro bwa mbere mu mateka

Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje leta nshya y’ihuriro, nyuma yuko ishyaka rye (…)

Perezida Tshisekedi yateguje kurwana inkundura akagarura uduce M23 yafashe

Perezida Tshisekedi yayoboye inama nkuru yaguye ya gisirikare nyuma y’ifatwa rya Kanyabayonga (…)

Perezida Zelensky yatakambiye ibihugu by’inshuti ya Ukraine kubera ibyo Uburusiya bwabakoreye

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yongeye gutakamba asaba ibntwaro zirasa kure nizo (…)

Isesengura: Uko Biden yitwaye kudasobanutse mu kiganiro mpaka kongereye ubwoba ku myaka ye

Mbere yo ku wa kane nimugoroba, Abanyamerika benshi bari baragaragaje impungenge ku myaka ya Joe (…)

João Lourenço arimo gukora ’vuba cyane’ ngo Tshisekedi na Kagame bahure

Perezida João Lourenço wa Angola yatangaje ko hari ibiganiro birimo kuba kugira ngo “vuba cyane” (…)

Trump yatsinze bikomeye Perezida Biden mu kiganiro mpaka kibanziriza amatora

Perezida Joe Biden wa US na Donald Trump yasimbuye ku butegetsi, bahuriye mu kiganiro mpaka (…)

Bolivia: Abaturage bitambitse abasirikare bashakaga guhirika ubutegetsi

Umujenerali wo hejuru yiyemeje guhirika ubutegetsi yitwaje kuzahura ubukungu muri (…)

Perezida Ramaphosa yibasiye ishyaka DA bari bemeye gusangira ubutegetsi

Hadutse ubushyamirane bukomeye mu bagize ihuriro riri ku butegetsi muri Afurika y’Epfo nyuma (…)

Abaduteye ‘tuzabakurikirana iwabo’ – Minisitiri w’intebe wa RDC

Minisitiri w’intebe wa DR Congo ubwo yari mu ruzinduko rwe rwa mbere mu ntara ya Kivu ya Ruguru (…)

Perezida Tshisekedi yahembye abamurinze guhirikwa ku butegetsi

Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi yahaye abofisiye bakuru babiri imidali y’inyenyeri za ‘bronze’, (…)