skol

Mu mahanga

Cameron: Urubyiruko ruzwi nka Gen- Z rwateguje ubutegetsi ko bashobora kwigaragambya

Urubyiruko rwo mu gihugu cya Kameroni ruvuga ko rufite impungenge ko amatora ateganyijwe umwaka (…)

Luanda: Abakuru ba dipolomasi y’u Rwanda na RDC bahuriye ku meza y’ibiganiro

Abakuru ba dipolomasi ku ruhande rw’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri (…)

Mali: Komanda wari ukomeye w’u Burusuya yishwe n’inyeshyamba

Amakuru akomeje kuvugwa muri Afurika y’Iburengerazuba (Mali), aravuga ko umukomanda ukomeye (…)

Burundi: Perezida Ndayishimiye Yasasiwe Ibitenge i Bujumbura Bitangaza Benshi

Mu Burundi abaturage bakomeje kwibaza urwego Umuyobozi w’ igihugu Evaliste Ndayishimiye agezeho (…)

Umwenda wa Amerika wageze kuri miliyari ibihumbi 35$

Komisiyo ishinzwe ingengo y’imari mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zigiye gusubira i Luanda

Abahagarariye guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barahurira i (…)

Kamala Harris : Amerika yaba yiteguye kugira Perezida w’umugore?

Itangazo rishya rya Joe Biden ryo kuva mu matora ya perezida ryahinduye isura ya politiki muri (…)

UK: Abana 2 bishwe batewe icyuma abandi barakomereka

Abana babiri bapfuye abandi icyenda barakomereka, batandatu bikabije, mu gihugu cy’u Bwongereza, (…)

DRC: Sake Kuri Uyu Wambere Rwongeye Kwambikana muri Teritwari ya Masisi

Mu gitondo cyo Kuri uyu wa mbere taliki 29 Nyakanga 2024 mu gace ka Saké ho muri Teritwari ya (…)

Col Kazarama wahoze muri M23 yayisubiranyemo amaraso mashya

Col.Kanyamuhanda Vianney Kazarama wigeze kuba Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa AFC/M23 (…)

Kinshasa: Abashoferi ba Tagisi bahagaritse akazi barigaragambya abaturage babatiza umurindi

Kubona imodoka itwara abagenzi zizwi nka Tagisi vuwatiri(Taxi Voiture) biragoye mu murwa mukuru (…)

Uburusiya: Vladimir Poutine araburira ku ntambara nshya y’ubutita

Perezida w’Uburusiya Vladimir Poutine yafashe ijambo mu muhango wo kwerekana ingabo zo mu mazi (…)

Umuherwe Elon Musk aravuga ko Abakirisitu nibadahaguruka idini ryabo riri mu nzira yo kuzima

Elon Musk bigaragara ko agikomeje kubabazwa n’ibyakorewe mu birori byo gutangiza Imikino (…)

Gabon: Batangiye guhamagarira Perezida w’inzibacyuho kwiyamamaza

Perezida w’inzibacyuho wa Gabon azaba umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe muri (…)

Perezida wa Turukiya yateguje gutera Israel

Perezida Recep Tayyip Erdogan wa Turukiya yatangaje amagambo akomeye ateguza gutera Israel mu (…)