skol

Mu mahanga

Nigeria: Polisi yarekuye umugabo wafunzwe ubwo yiyahuraga ntapfe

Umugabo wo mu gihugu cya Nigeria yari amaze iminsi mu gihome azira kuba yaragerageje kwiyahura, (…)

Lt Gen Luboya yashinje abanyapolitiki gushaka kwinjiza M23 muri Ituri

Guverineri wa Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lieutenant Général Johnny (…)

Abarenga 40 bapfiriye mu bwato bwibasiwe n’inkongi y’umuriro

Umuryango w’Abibumbye ishami rishinzwe abinjira n’abasohoka (IOM) muri Haiti, wavuze ko byibuze (…)

Biden ashobora kwemera guhagarika ibikorwa byo kwiyamamaza mu minsi ya vuba

Kera kabaye, nyuma y’igitutu cyinshi cy’abo mu Ishyaka rye n’inshuti ze za hafi, Perezida Joe (…)

Blinken yatangaje ko Amerika ishobora guhagarika gufasha Ukraine

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken, (…)

Uganda yanenze ukubogama kugaragara muri raporo iyishinja gufasha M23

Uganda yanenze ukubogama kugaragara muri Raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (…)

Haiti: Abapolisi b’Abanya Kenya bigaruriye icyambu gikomeye cyari cyarabohojwe n’amabandi

Abapolisi b’abanya Kenya boherejwe muri Haiti bigaruriye icyambu cya Auorite Portuaire Nationale (…)

Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yitabye Imana

Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda, Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, yitabye Imana kuri (…)

Agatsiko kafashaga abanya Asia n’Abanya Afurika kwinjira muri Amerika mu buryo butemewe kahanwe

Amerika yafatiye ibihano, umugabo w’umunya Sierra Leone ushinzwa kwinjiza abanya Azia n’Abanya (…)

Perezida Ndayishimiye yifatiye ku gahanga Ababiligi bari ‘barahishe’ Gasegereti y’u Burundi

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yifatiye ku gahanga abakoloni (…)

Zambia yashimiye u Rwanda rwayihaye inkunga ya toni 1000 z’ibigori

Visi Perezida wa Zambia, Mutale Nalumango yashimye Guverinoma y’u Rwanda yahaye igihugu cye (…)

Ishyaka rikomeye muri Afurika y’Epfo ryasabye ko ingabo zayo ziri muri RDC zicyurwa

Ishyaka Democratic Alliance (DA) rifite ijambo rikomeye mu Nteko Ishinga Amategeko ya Afurika (…)

Nta mutegetsi w’u Burundi wakandagiye mu ishyingurwa rya Perezida Buyoya

Majoro Petero Buyoya wahoze ari Perezida w’u Burundi nyuma y’imyaka itatu yitabye Imana (…)

Argentine: Minisitiri yirukanywe nyuma yo gutegeka Messi gusaba imbabazi Abafaransa

Minisitiri Wungirije wa Siporo muri Argentine, Julio Garro, yirukanywe nyuma yo kuvuga ko Lionel (…)

Kivu y’Amajyaruguru: ADF yishe abagera kuri 20 mu minsi ine

Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abantu bagera kuri 20 mu minsi ine ishize muri teritwari ya (…)