skol

Mu mahanga

Gen. Makenga, Lt Col Willy Ngoma na Bisimwa mu bo RDC yatangiye kuburanisha

Ubutabera bwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu (…)

Tshisekedi yirukanye Bahala ’wagiye mu mishyikirano na M23’

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa (…)

DRC: Urukiko rwa Gisirikari muri Uvira Rwakatiye Abasirikari 3 Igihano cy’ Urupfu

Urukiko rwa gisirikare ruherereye Uvira muri Kivu y’ Amajyepfo, rwakatiye igihano cy’urupfu (…)

Kivu y’Amajyepfo: Urukiko rwakatiye abasirikare batatu urwo gupfa

Urukiko rwa gisirikare rwa Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira (…)

Uganda: Abagera muri 60 ni bo batawe muri yombi bagerageza kwigaragambya

Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa Kabiri cyataye muri yombi abantu barenga 60 biganjemo (…)

Ruto yatangaje icyiciro cya 2 cy’abaminisitiri bagize Guverinoma nshya ya Kenya

Perezida William Samoei Ruto wa Kenya kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga, yatangaje (…)

Amerika yafatiye ibihano abashakira ADF imibereho muri Afurika y’Epfo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano abantu batatu bamaze igihe kinini bashakira umutwe (…)

Ibyihariye kuri WTO, umuryango wabijije icyuya NATO kugeza usenyutse

Nyuma y’imyaka ine intambara ya kabiri y’Isi irangiye yashyize akadomo ku butegetsi n’ubuzima (…)

Abasirikare ba Afurika y’Epfo birukanwe muri RDC kubera ubusambanyi n’ihohotera bagizwe

Abasirikare icyenda bo muri Afurika y’Epfo birukanywe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (…)

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yasuye inshuti magara y’u Burusiya

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, kuri uyu wa Kabiri yatangiye (…)

“Rayon Sport Week”: Umutoza Robertinyo yagarutse! Umukino na Azam n’ibindi

Kuri uyuwa wa mbere tariki 22 Nyakanga 2024 ku ruganda rwa Skol mu Nzove mu habareye ikiganiro (…)

Senegal: Imfungwa zakamejeje mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara

I Dakar muri Senegal imfungwa zikomeje kurya karungu nyuma y’uko ngo zifatwa nabi bituma zikora (…)

RDC igiye gutangira kuburanisha Corneille Nangaa wa AFC/M23 na bagenzi be

Ubutabera bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva ku wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga, (…)

Uganda iremeza ko yakiriye imishyikirano ya RDC na M23

Leta ya Uganda iremeza ko yakiriye imishyikirano ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

USA: Haribazwa niba n’intumwa zizajya muri Convention y’Abademokarate zizashyigikira Kamala

Perezida Joe Biden yasezeye mu matora y’umukuru w’igihugu yo muri uyu mwaka. We n’abandi (…)