skol

Mu mahanga

Abantu 49 bamaze guhitanwa n’impanuka y’indege muri Nepal[AMAFOTO]

Abagenzi 49 nibo bamaze gupfa bazize impanuka y’indege imaze kubera mu mugi wa Kathmandu mu (…)

Umugabo yishe umukobwa we ari kugerageza kumukiza umudayimoni

Umugabo witwa Klaus yatawe muri yombi nyuma yo gukubita umukobwa mu nda bikamuviramo urupfu ubwo (…)

Abapolisi bakuru bakurikiranyweho icyaha cyo gukorera imibonano mpuzabitsina mu kazi

Umukuru wa polisi y’ahitwa Staffordshire mu Bwongereza witwa Chief Inspector Clare Riley (…)

Moi wigeze kuba Perezida wa Kenya yajyanywe mu bitaro muri Israel

Umukambwe Daniel arap Moi wigeze kuba Perezida wa Kenya yajyanywe mu bitaro byo muri Israel (…)

Imijyi 50 ibamo ibikorwa bibi kurusha iyindi ku isi [URUTONDE]

Myinshi mu mijyi yo ku isi ikunze kwibasirwa n’abagizi ba nabi kubera ubwinshi bw’abantu baba (…)

Perezida Kenyatta na Raila Odinga biyemeje gufasha Abakenya kuba umwe

Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yagiranye umubonano n’ umukuru w’amashyaka atavuga rumwe (…)

Umunyamakuru yahuye n’uruva gusenya ubwo yari mu kazi ke

Umunyamakuru witwa Caristan Isseri ukomoka muri Cameroon,yatawe mu nzu ibamo imbwa ndetse (…)

Umugore yatawe muri yombi kubera gushaka kwicisha uruhinja umunyu

Umugore ukomoka mu Bwongereza yatawe muri yombi na polisi nyuma yo gufatwa ari guha umwana we (…)

Abasaga 180 bamaze guhitanwa n’inyama zituruka muri Afurika y’Epfo

Ibihugu bitandukanye byo majyepfo y’Afurika byamaze guhagarika inyama zabyinjiragamo ziturutse (…)

Yatwikishije lisansi umugore nyuma yo kunanirwa kumufata ku ngufu

Umugizi wa nabi witwa Rambharan Yadav ukomoka mu Buhindi yatwikishije lisansi umugore witwa (…)

ISIS yashyize hanze amashusho iri kwica abasirikare ba USA

Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (ISIS) washyize hanze amashusho y’ukuntu wishe urashe (…)

Umugore w’umwarimu yatawe muri yombi kubera gushora mu busambanyi umwana w’imyaka 14

Umugore w’umwarimu witwa Stephanie Peterson w’imyaka 26 ukomoka ahitwa New Smyrna muri Leta ya (…)

Urubura rudasanzwe rumaze kwica abasaga 24 ruhagarika ingendo nyinshi I Burayi [AMAFOTO]

Hirya no hino ku mugabane w’I Burayi haravugwa urubura rukomeye rumaze guhitana abantu 24 ndetse (…)

Yafatiwe mu isoko afite umurambo w’umwana we mu gikapu

Umugore witwa Tiona Rodriguez yafatanywe umurambo w’umwana we yari amaze kwica ubwo yari agiye (…)

“Bibiliya” yitiriwe Barnaba yavumbuwe muri Turukiya igaragaza ko Yezu atabambwe

Byakumvikana nk’inkuru mbi mu matwi y’umuntu wavutse agakura yemera bidasubirwaho ko Yezu/Yasu (…)