skol

Mu mahanga

Abasaga 160 barebera filimi z’urukozasoni muri Sena buri munsi

Mu mwaka ushize wa 2017, buri munsi abasaga 160 nibo babashije kureba filimi z’urukozasoni (…)

Abanyeshuli 5 bafunzwe bazira guterwa inda

Abanyeshuli batanu b’abakobwa ndetse n’ababyeyi babo bafunzwe bazira guterwa inda mu karere (…)

Icyihebe cyacaga abatinganyi imitwe cyafashwe

Icyihebe cyo mu mutwe wa ISIS Jihadi kingpin Abu Omer cyari kimenyerewe mu bikorwa byo guca (…)

Hasohotse igitabo kivuga ku mubano wa Trump n’umugore we Melania

Umwanditsi witwa Michael Wolff yasohoye igitabo cyitwa ’Fire and Fury: Inside the Trump White (…)

Perezida Museveni yasabwe kudasinya itegeko rimwemerera kongera kwiyamamaza

Bishop wa diyoseze ya Kinkizi Rev Dan Zoreka yasabye Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni (…)

Sudani y’Epfo: Bategetswe gusambana, abandi barishwa amababi y’ibiti

Abahanga ndetse n’abashakashatsi babarizwa mu muryango w’abibumbye, ONU bashizwe uburenganzira (…)

Ibihugu 128 byanze ikifuzo cya Trump kuri Yeluzaremu u Rwanda ruri mu byifashe

Amatora yo kwemeza cyangwa gutesha agaciro ikifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za America cyo (…)

‘Vimpires’ muri Malawi na Mozambique, Abaturage bagize ubwoba

‘Vimpires’, amavampaya ni ibiremwa bidasanzwe tubona mu mafilime byica abantu bikanywa amaraso (…)

Perezida Nkurunziza yatangiye gusobanurira Abarundi itegeko nshinga rishya

Perezida w’ u Burundi yakomoje ku guhindura itegeko nshinga iki gihugu kigenderaho asaba abo (…)

Sudan:Abagore 24 bazahanishwa gukubitwa nyuma yo gufatwa bambaye amapantalo

Mu gihugu cya Sudan haravugwa inkuru iababaje y’abagore 24 bari mu mazi abira nyuma yo gufatwa (…)

Umubyeyi gito yakaniwe urumukwiye nyuma yo guhohotera umwana yibyariye

Umubyeyi wo mu gihugu cya Kyrgyzstan mu mugi wa Bishkek yafashwe ari gukubita umwana we bya (…)

Amerika yagerageje indege yo gukurikira ya Bombe ya Koreya ya Ruguru

Leta zunze ubumwe z’ Amerika mu minsi mike ishize zagerageje indege y’ impigi F-35, iyi ndege (…)

Yivuganye mugenzi we nyuma yo kubona amafoto aryamanye n’umukunzi we

Umugabo w’imyaka 33 witwa David Saunders ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza yazabiranyijwe (…)

Umugabo yasanganywe umurambo w’umuntu mu modoka ye

Ubwo polisi yo mu mugi wa Middelkerke mu Bubiligi yakoraga umukwabu mu mu ijoro ryakeye,yaguye (…)

M23 yahawe ikiraka cyo guhosha imyigaragabyo yica abantu 60-HRW

Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Human Rights Watch, uravuga ko abategetsi bo (…)