skol

Mu mahanga

Umuhungu wa Gbagbo yafunzwe kubera gukwirakwiza ibihuha

Michel Gbagbo umuhungu w’uwahoze ari perezida wa Cote d’Ivoire Laurent Laurent Michel Gbagbo (…)

Yishe abagore 49 inyama zabo azigurisha n’ abapolisi

Umugabo witwa Robert Pickton ukomoka mu gihugu cya Canada mu mugi wa Vancouver yatangaje abantu (…)

Oprah azahangana na Trump? Umva icyo abivugaho.

Oprah Winfrey yatangaje ko adakunda politiki ndetse bitigeze biba mu maraso ye kumva yahanganira (…)

Umuraperi ufunzwe yafashwe ari gusambanya umukozi wo muri gereza

Umuhanzi waririmbaga mu njyana ya Rap witwa Carl Dobson w’imyaka 33 uheruka gukatirwa igifungo (…)

Icyihebe cyishe umugabo n’umugore we kirya ibice by’imibiri yabo

Umugore witwa Cristina Amaral w’imyaka 44 n’umugabo we Juvenal w’imyaka 57 bo muri Brazil (…)

Intambara y’abanyeshuli yatumye ikigo cy’amashuli gifunga imiryango

Ikigo cy’amashuli cyitwa Jamhuri High School giherereye mu gihugu cya Kenya cyafunze (…)

Umukobwa wakinaga filimi z’urukozasoni yasanzwe mu nzu yapfuye

Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni zizwi nka Pornograhy witwa Olivia Lua yasanzwe mu nzu ye (…)

Icyamamare mu gukina filime cyahitanywe n’impanuka

Icyamamare mu gukina filimi Jessica Falkholt gikomoka muri Australia, cyitabye Imana nyuma (…)

Trump yavuze ko ibyo aherutse kuvuga ku Banyafurika atari amacakubiri

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yarahiye arirenga avuga ko atari (…)

Abagore bakomeje guhitanwa n’ubukonje kubera kubuzwa kubana n’abantu mu gihe cy’imihango

Mu gihugu cya Nepal haravugwa urupfu rw’umukobwa w’imyaka 21 uherutse guhitanwa n’ubukonje ubwo (…)

Steven Seagal yongeye gushinjwa icyaha cyo gufata ku ngufu abagore

Umugore witwa Regina Simons yashinje icyamamare mu gukina amafilimi cyitwa Steven Seagal (…)

Umuyobozi w’abayisilamu yafashwe agiye gukorera ubutinganyi umwana w’imyaka 15

Umuyobozi wa rimwe mu itorero ry’abayisiramu (Imam) ryo mu Bwongereza mu mugi wa Blackburn (…)

Ibyamamare byatutse Trump wise ibihugu by’Afurika na Haiti imisarani

Bimwe mu byamamare bitandukanye ku isi byagaragaje ko byababajwe n’amagambo ya perezida wa USA (…)

Uwahoze mu ngabo yasambanyije umukobwa wakoraga mu kabari arapfa

Umugabo witwa Reece Vella wahoze mu ngabo z’Ubwongereza ari mu maboko ya polisi ya Thailand aho (…)

Ghana: Abantu bitukuje n’abafite amaribori bimwe amahirwe y’ akazi

Urwego rw’Igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Ghana (GIS) rwimye amahirwe y’akazi abantu (…)