skol

Mu mahanga

Minisitiri Gashumba yasuye ibitaro bya Kabgayi mama we yakozemo bimubwira ukuntu bihomba miliyoni 5 ku kwezi

Ubuyobozi bw’ ibitaro bya Kabgayi byatangarije Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba ko buri (…)

Koreya ya Ruguru nyuma gutera Rocket muri Amerika irimo gutegura misile yo kuyirasaho

Nyuma y’uko Trump atangarije ko Koreya ya ruguru niramuka ishatse guhungabanya Amerika, izahura (…)

Umwe yaguye mu myigaragambyo yakurikiye amatora ya Perezida wa Kenya

Umuntu umwe yatakarije mu myigaragarambyo yakurikiye amatora ya Perezida w’ igihugu cya Kenya (…)

Trump yaburiye Koreya ya Ruguru ihita imwereka ko ntabwoba ifite

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yatangaje ko Koreya ya ruguru niramuka (…)

Abasirikare b’u Rwanda 120 n’ibikoresho byabo bageze muri Sudani y’Epfo-AMAFOTO

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 08 Kanama 2017 nibwo itsinda ry’abasirikire 120 b’u Rwanda bageze (…)

Kenya: Miliyoni 19 zazindukiye mu matora ya Perezida, hari abageze ku biro by’ itora saa Cyenda z’ igicuku

Abanya Kenya kuri uyu wa kabiri tariki ya 08 Kanama 2017, babyukiye mu gikorwa cyo matora gutora (…)

Umurinzi wa Perezida Nkurunziza yirashe ahita apfa

Shefu Nishemezwe wari umwe bagize itsinda rishinzwe umutekano wa Perezida Nkurunziza Pierre, (…)

Perezida Magufuli yashimye Kagame ku ntsinzi yagize, amwizeza umubano utajegajega

Dr John Pombe Magufuli uyoboye igihugu cya Tanzania, yishimiye intsinzi ya Perezida Kagame Paul (…)

Byari agahinda n’ishavu ubwo abasirikare 12 bishwe na Al Shabab bagezwaga muri Uganda-AMAFOTO

Abasirikare 12 bo mu gihugu cya Uganda baherutse kwicwa n’umutwe wa Al Shabab, imirambo yabo (…)

Perezida wa Kenya ngo azemera insinzwi amatora nakorwa mu mucyo

Umukuru w’Igihugu cya Kenya, Uhuru Kenyatta yamaze gutangaza ko azemera ibyavuye mu matira ariko (…)

Kagame yabwiye ab’I Gakenke ko ibyo FPR Inkotanyi yemereye abaturage itajya yirarira ibikora

Mu ijambo Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda yagajeje ku bihumbi by’abaturage bari (…)

Uganda: Abasirikare 12 bari mu butumwa bw’amahoro muri Somalia bishwe na Al Shabaab

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig Richard Karemire yamaze kwemeza ko abasirikare 12 (…)

Kenya: Polisi yishe irashe uwagabye igitero ku rugo rwa Visi Perezida

Polisi yo mu gihugu cya Kenya yamaze gutangaza ko yishe irashe umuntu wagabye igitero ku rugo (…)

Umwe mu bakandida n’umuyobozi w’urubyiruko muri Venezuela bishwe

Umwe mu bakandida wahatanaga mu matora y’abagize Inteko idasanzwe ishinzwe Itegeko Nshinga, (…)

Visi Perezida wa kenya yatewe n’abitwaje ibirwanisho birimo ibyuma n’imbunda

Umutekano wakajijwe mu rugo rwa Visi Perezida wa kenya, Wiliam Ruto.Ni nyuma y’uruko atewe (…)