skol

Mu mahanga

Ubuyapani bwiteguye gufatanya na Amerika mu kurwanya Koreya ya ruguru

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’ Ubuyapani, Fumio Kishida, yatangaje ko Ubuyapani bwiteguye (…)

Minisitiri w’Intebe wa Pakistan yegujwe ku mirimo ye

Minisitiri w’Intebe wa Pakistan yegujwe ku mirimo ye nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa (…)

Bill Gates wari umukire wa mbere ku isi yahigitswe n’umugabo uzwiho gutanga imineke muri rubanda

Umuherwe Jeff Bezos w’imyaka 54 y’amavuko ayoboye urutonde rw’abaherwe bafite akayabo (…)

Pakistan: Polisi yahagaritse ubukwe bw’umwana w’umukobwa w’imyaka 5 n’umukunzi w’imyaka22

Mu gihugu cya Pakistan haravugwa inkuru y’umwana w’imyaka 5 y’amavuko wari ugiye gushyingiranwa (…)

Igitabo kivuga ku minsi ya nyuma y’ ubuzima bwa Mandela cyahagaritswe

Igitabo gishya kivuga ku minsi ya nyuma y’ ubuzima bwa Nelson Mandela wigeze kuba Perezida w’ (…)

Perezida Kabila yateguriwe uko azakurwa ku butegetsi agashiduka byarangiye

Abarwanya ubutegetsi bwa Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Joseph Kabila (…)

Uwarindaga mubyara wa Perezida Museveni yahanishijwe igihano cy’urupfu.

Umupolisi witwa Canan Nkamuhebwa wari umurinzi wa mubyara wa Perezida Museveni yakatiwe igihano (…)

Museveni yakagombye kuyobora Uganda kugeza igihe ashaka

Umuyobozi w’umugi wa Kampala, Beti Kamya, yitabiriye ibiganirompaka bivuga ku kibazo cy’inzitizi (…)

Perezida wa Koreya ya Ruguru ategeka ababyeyi abana babo bavukanye ubumuga bakicwa urubozo

Umuryango mpuzamahanaga uharanira uburenganzira bwa muntu muri Koreya ya Ruguru NKDB washyize (…)

Korea ya Ruguru irimo kwitegura kurasa indi misile izagera muri Amerika (Video)

Abatasi ba Leta zunze ubumwe z’ Amerika bemeje amakuru avuga ko Koreya ya Ruguru irimo kwitegura (…)

Perezida Nkurunziza arashima Tanzania yabaye inshuti y’ Abarundi

Mu rugendo rw’umunsi umwe yagiriye muri Tanzaniya, perezida w’ u Burundi yahamagariye impunzi (…)

Umuyobozi wari ushinzwe itumanaho mu biro bya Trump yeguye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017 nibwo Sean Spicer wari (…)

Umwana w’imyaka 10 yateweho amaboko mashya y’undi mwana wapfuye-AMAFOTO

Zion Harvey , umwana w’umuhungu w’imyaka 10 ukomoka muri Amerika yasazwe n’ibyishimo (…)

Perezida Trump yafashe icyemezo gishobora guca intege intambara ya Syria

Inyeshyamba zitwaje intwaro muri Syria zimaze imyaka 6 zishaka guhirika ubutegtsi bwa Bashar (…)

Perezida Macron yashyizeho umugaba mukuru w’Ingabo wagize uruhare muri ‘Operation Turquoise’

Perezida w’Ubufaransa Jean Michelle Emmanuel Macron yashyizeho Umugaba Mukuru w’ingabo mushya (…)