skol

Mu mahanga

Ubushinwa bwaryamiye amajanja kubera ubwato bunini bw’ Amerika

Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yanyujije ubwato bunini hafi y’ agake kiyitirirwa n’ u Bushinwa, (…)

Icyemezo cy’ u Butaliyani ku bimukira kigiye gutuma Abaminisitiri bahurira mu Bufaransa

Nyuma y’ uko igihugu cy’ u Butaliyani gitangaje ko kigiye gufunga ibyambu byakira abimukira (…)

Uwahoze ayobora Al shabaab yakuwe ku rutonde rw’ abashakiswa n’ Amerika

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwakuyeho akayabo ka miliyoni eshanu z’ amadorali (…)

Afurika y’Epfo:Hateguwe amatora yo gutakariza icyizere Perezida Zuma

Mu gihugu cya Afurika y’Epfo, Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rwategetse ko Inteko (…)

Perezida Magufuli yavuze ko nta mukobwa watewe inda uzemererwa gusubira mu ishuli

Perezida wa Tanzania, Dr John Joseph Magufuli yamaze gutangaza ko umukobwa uzajya utwara inda mu (…)

Abakozi b’ Umuryango w’ ubumwe bw’ u Burayi biciwe muri Mali

Umuyobozi ushinzwe ububanyi n’ amahanga mu muryango w’ ubumwe bw’ ibihugu by’ I Burayi Federica (…)

Abantu 57 nibo bamaze guhitanwa n’ inkongi y’ umuriro yibasiye ishyamba muri Portugal

Leta ya Portugal yatangaje ko inkongi y’ umuriro yibasiye ishyamba ryo muri icyo gihugu (…)

Habonetse ibimenyetso by’ amateka y’ ibyaberaga muri Ethiopia mu myaka irenga 1000 ishize

Abaganga mu gucukumbura ibyabaye mu mateka ya kera babonye ibimenyetso byerekana ko mu (…)

Abadepite 48 ba Zambia bahagaritswe kubera gusuzugura ijambo rya Perezida Lungu

Leta ya Zambia yahagaritse by’ agateganyo iminsi 30 abadepite 48 bo mu ishyaka UPND ritavuga (…)

Yafunzwe imyaka 17 kubera isura ye yitiranyijwe n’ iy’ undi muntu

Iburyo ni Jonas, ibumoso ni Ricky Umunyamerika wari umaze imyaka 17 afunzwe azira ubusa (…)

Perezida Mugabe yirukanye umucamanza mukuru

Perezida w’igihugu cya Zimbabwe Robert Mugabe yahagaritse yahagaritse ku mirimo Umucamanza (…)

Raporo yagaragaje ko u Burusiya bwivanze mu matora y’ Amerika

Raporo yashyizwe ahagaragara n’Urwego Rushinzwe Umutekano imbere muri Leta Zunze Ubumwe za (…)

Kenya: Abaforomo birukanye abarwayi mu bitaro ngo babone uko bakora imyigaragambyo [Amafoto]

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 5 Kamena abaforomo bakora mu bice bitandukanye by’ (…)

Amerika yahaye gasopo u Bushinwa ku birwa byo mu nyanja y’amajyepfo

Minisitiri w’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika, James Mattis, yatanze gasopo ko Amerika (…)

Umukozi Perezida Trump yashinze itumunaho yeguye

Umukozi Perezida Donald Trump yashinze itumanaho ryo mu biro bya Perezida wa Leta zunze ubumwe (…)