skol

Mu mahanga

M23 yanyomoje ko yambuwe ikibuga cy’indege cya Kavumu

Abarwanyi ba AFC/M23 banyomoje amakuru akomeje gusakazwa ku mbuga nkoranyambaga n’Abarundi, (…)

Igisirikare cya RDC cyatangiye kubererekera FDLR

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangiye kugaragaza ko nta mpamvu (…)

Venezuela ikomeje gushya ubwoba, yiteguye intambara ya Amerika isaha n’isaha

Intumwa Nkuru ya Leta muri Venezuela yatangaje ko igihugu gihangayikishijwe n’imigambi ya (…)

Nshaka kuzajya mu ijuru- Museveni ku mpamvu yingingira Abanya-Uganda kuva mu bukene

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko ibyo akora byose aba agamije gukura (…)

Ntabwo tuzakubitwa urushyi ngo dutege undi musaya- Gen Ekenge wa FARDC yarize ay’ingona

Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen. Sylvain Ekenge, yavuze ko (…)

Catherine Connolly yatorewe kuyobora Irlande

Catherine Connolly ni we watorewe kuyobora Repubulika ya Irlande, nyuma yo kwegukana intsinzi ku (…)

Uganda: Umusirikare yafatanywe imiti ibihumbi 150 igabanya ubukana bwa SIDA

Umusirikare wa Uganda ukora mu bitaro bya Kabamba IV yafatanywe imiti irenga ibihumbi 150 (…)

U Bufaransa: Umugore wa mbere yakatiwe igifungo cya burundu

Umugore wa mbere mu Bufaransa, Dahbia Benkired, wasambanyije akanica umwana w’imyaka 12 witwaga (…)

Burundi: Abasirikare barenga 500 bahanishijwe kuzenguruka igihugu cyose n’amaguru

Abasirikare 506 b’u Burundi bahawe igihano cyo kuzenguruka igihugu cyose n’amaguru bazira (…)

FCC ishyigikiye ko Kabila akuraho ubutegetsi muri RDC

Ihuriro FCC ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira (…)

Tanzania: Umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi yafunzwe mbere y’amatora

Umuyobozi wungirije w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, John Heche yatawe muri (…)

Perezida Museveni yahishuye ko yanze amafaranga ya Gaddafi

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku (…)

Kinshasa: Amabandi yitwaje intwaro yongeye kurikoroza

Abantu bitwaje intwaro bikekwa ko ari amabandi binjiye mu iduka batwara amadolari 8,000 n’andi (…)

Trump yavuze ko Leta imufitiye miliyoni 230$

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Minisiteri y’Ubutabera (…)

Trump yari akuyemo iyo kotsa umunyamakuru wari umennye ikirahure cyo mu biro bye

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri White House ubwo Trump yakiraga Minisitiri w’Intebe wa (…)