skol

Mu mahanga

Inkubi y’umuyaga yahitanye abantu 114 muri Philippine

Ikigo gishinzwe guhangana n’ibiza muri Philippine cyemeje ko abantu 114 bapfuye bishwe n’inkubi (…)

Sudani: Abarenga 40 biciwe mu muhango wo gushyingura

Abaturage barenga 40 bo muri Sudani basize ubizima mu gitero cyagabwe ku bari bitabiriye (…)

Burundi: Colonel afunzwe akekwaho gushaka kohereza ikawa mu Rwanda

Urwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza (SNR) rwataye muri yombi umuyobozi wa Polisi y’u Burundi (…)

U Bwongereza: Umwana w’imyaka 14 yajyanye mu nkiko ababyeyi be bamwohereje kwiga muri Ghana

Uyu mwana w’imyaka 14 wo mu Bwongereza yatanze ikirego mu rukiko avuga ko yajyanywe muri Ghana (…)

Amerika igiye kugabanya indege zigwa ku bibuga 40

Minisitiri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubwikorezi, Sean Duffy, yatangaje ko indege (…)

USA: Abantu 7 baguye mu mpanuka y’indege i Kentucky

Abantu barindwi baguye mu mpanuka y’indege y’imizigo yiteguraga kogoga ikirere iva ku kibuga (…)

U Bushinwa bwasubitse gahunda yo gucyura Abashinwa batatu bari mu isanzure

Ikigo cy’u Bushinwa gishinzwe ubumenyi mu by’isanzure, CNSA, cyatangaje ko Abashinwa batatu (…)

Ikibuga cy’indege cya Bruxelles cyahagaritse imirimo kubera kwikanga drone

Ubuyobozi bw’ikibuga cy’indege cya Bruxelles mu Bubiligi bwahagaritse imirimo yacyo (…)

Abanya-Ukraine bashinjwe uruhare mu kwiba amakuru y’abarenga 200.000 bo muri Hongrie

Minisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orbán yashinje Abanya-Ukraine gufatanya n’Ishyaka rya (…)

RDC: Abanyamulenge bakoze imyiragambyo yo kwamagana Ingabo z’u Burundi

Abanyamulenge bari kumwe n’andi moko y’Ababembe, Abapfurero, Abashi n’abandi batuye mu Minembwe (…)

Abanya-Venezuela bahawe uburyo bwo gukora ubutasi kubera kwikanga Amerika

Abaturage ba Venezuela bashishikarijwe gukoresha porogaramu ya telefoni ibafasha kuneka ibyo (…)

Tanzania yakuyeho guma mu rugo, inafungura internet nyuma y’imvururu z’amatora

Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko yakuyeho bimwe mu byemezo byari byashyizweho birimo guma mu (…)

Iran igiye kongera kubaka inganda za nucléaire zasenywe na Israel

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian yatangaje ko igihugu cye kizongera kubaka inganda (…)

Loni yasabye ko hakumirwa iyohereza ry’intwaro muri Sudani

Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres yatangaje ko intambara imaze imyaka ibiri muri (…)

Dick Cheney wabaye Visi Perezida wa Amerika yapfuye

Dick Cheney wabaye Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika hagati ya 2001 na 2009 ku (…)