skol

Mu mahanga

Guverinoma ya Amerika yasubukuye ibikorwa by’agateganyo

Kera kabaye Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika yemeye umushinga w’itegeko usubukura ibikorwa (…)

Perezida wa Uganda yateguje intambara kuri Kenya kubera inyanja y’Abahinde

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye kuvuga amagambo akomeye ku bibazo (…)

U Budage: Yatawe muri yombi ashinjwa gushaka kwica abarimo Angela Merkel na Chancelier Scholz

Umudage ukekwaho kugirana imikoranire n’amatsinda agifite imitekerereze y’Aba-Nazi, yatawe muri (…)

U Bushinwa bwahagaritse ‘applications’ ebyiri zihuza abaryamana bahuje ibitsina

Uruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga, Apple rwemeje ko rwahagaritse ‘applications’ (…)

Mu Bubiligi hatangijwe ishyaka rishya ryiswe ‘TRUMP’

Mu Bubiligi hatangijwe ishyaka rya politike ryiswe ‘TRUMP’, izina ryatoranyijwe mu rwego rwo (…)

Abaganga bavuze ko atazarenza imyaka ine none agize 20

Umukobwa witwa Alex Simpson wo muri Leta ya Nebraska muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yujuje (…)

Pakistan: Igitero cy’ubwiyahuzi cyagabwe ku rukiko cyahitanye 12

Igitero cy’ubwiyahuzi cyagabwe imbere y’urukiko muri Pakistan cyahitanye abantu 12 abandi 27 (…)

Trump yashimagije Perezida wa Syria, Amerika yafataga nk’icyihebe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye Perezida wa Syria, Ahmed (…)

Umuhungu wa Muammar Gaddafi yarekuwe nyuma y’imyaka hafi 10 afungiye muri Liban

Umuhungu wa Muammar Gaddafi witwa Hannibal Gaddafi, wari umaze imyaka hafi 10 afungiye muri (…)

Amerika: Sena yemeje isubukurwa ry’ibikorwa bya Guverinoma nyuma y’iminsi irenga 40

Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umwanzuro wo gusubukura ibikorwa bya Guverinoma (…)

U Buhinde: Abagize uruhare mu iturika ry’imodoka ryahitanye abantu umunani bari guhigwa bukware

Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, yatangaje ko abagize uruhare mu guturikiriza (…)

Uruzinduko Visi Perezida wa Amerika yagomba kugirira muri Kenya rwasubitswe

Uruzinduko Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, J.D. Vance, yagombaga kugirira muri (…)

Turikiya: Abantu umunani bafunzwe, abakinnyi 1024 bahagarikwa kubera ‘betting’

Ubuyobozi bwa Turikiya bwatangaje ko ku wa Mbere hafunzwe abantu umunani barimo umuyobozi (…)

Tshisekedi yafunze Jenerali uzwiho kuvuga ko ari we uzarangiza M23

Maj Gen John Tshibangu, Umuyobozi w’Akarere ka 21 ka gisirikare mu ngabo za Repubulika ya (…)

Nicolas Sarkozy yafunguwe

Urukiko rw’i Paris rwategetse ko Nicolas Sarkozy wabaye Perezida w’u Bufaransa aba afunguwe (…)