skol

Mu mahanga

Bin Salman wa Arabie Saoudite yahatiye Trump kwinjira mu ntambara yo muri Sudani

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kugira uruhare mu (…)

Perezida Samia yateguje ko Tanzania izagorwa no kubona inguzanyo kubera imyigaragambyo yabaye

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko iki gihugu kizagorwa no kubona inguzanyo (…)

Israel yishe Abanya-Palestine 13 bahungiye mu nkambi yo muri Liban

Minisiteri y’Ubuzima muri Liban yatangaje ko igitero cy’indege Israel yagabye mu nkambi (…)

Leta ya RDC yakomeje gufunga ibirombe biri mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko ibikorwa by’ubucukuzi (…)

Abanyarwanda baba mu Bufaransa bifuza ko RFI yasiba inkuru cyangwa igahanwa

Umuryango w’Abanyarwanda baba mu Bufaransa (Communauté Rwandaise de France: CRF) baherutse (…)

Ukraine: Abantu icyenda bahitanywe n’igitero u Burusiya bwagabye mu Burengerazuba

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Ugushyingo, Perezida Volodymyr Zelensky yatangaje ko abantu (…)

U Bubiligi: Umugabo umwe yabyaye abana barenga 50 ku bagore 39

Mu Bubiligi ubwo Ibiro by’umugenzuzi mukuru byagenzuraga imikorere y’urwego rushinzwe imiti na (…)

Qatar yagaragaje ingorane zikomeye ziri mu guhuza Leta ya RDC na AFC/M23

Umunyamabanga wa Leta ya Qatar ushinzwe ububanyi n’amahanga, Dr. Mohammed bin Abdulaziz (…)

Perezida wa Mexique yakuriye inzira ku murima Trump ushaka kuyigabaho ibitero

Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko atazigera na rimwe yemera ko Leta Zunze (…)

Trump yandagaje umunyamakuru

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yandagaje umunyamakuru wabajije (…)

Loni yemeje kohereza ingabo mpuzamahanga muri Gaza

Akanama k’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye (Loni) ku wa Mbere tariki ya 17 Ugushyingo 2025, (…)

Tanzania: Umunya-Kenya ubarizwa mu gisirikare cya Amerika yafatanywe ’grenades’ enye

Polisi ya Tanzania yatangaje ko yafashe umugabo ufite ubwenegihugu bwa Kenya n’ubwa Leta Zunze (…)

DRC: Ibyihehe byiciye abantu mu ivuriro

Abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

U Burusiya bwashyize uwari Minisitiri w’Intebe wabwo ku rutonde rw’ibyihebe

U Burusiya bwashyize ku rutonde rw’abafatwa nk’ibyihebe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Mikhail (…)

Sinzinginga Museveni ngo amufungure kuko arengana- Winnie Byanyima ku ifungwa ry’umugabo we

Winnie Byanyima yavuze ko yiteguye guhura na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ngo (…)