skol

Mu mahanga

RDC yemeje ko ifunze Lt. Gen. Pacifique Masunzu

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) cyemeje ko Lt. Gen. Pacifique Masunzu, (…)

FARDC yemeje ko abajenerali benshi bamaze amezi bafunzwe bagikorwaho iperereza

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko abofisiye benshi (…)

Jair Bolsonaro wayoboye Brésil yafunzwe

Jair Bolsonaro wabaye Perezida Brésil yatawe muri yombi aho yari mu nzu ye mu Murwa Mukuru Brasília.

Umunya-Australia yatunguwe n’umupolisi w’u Burundi wamusabiye ruswa mu ruhame

Umunya-Australia umaze igihe atembera ibihugu bitandukanye ku Isi, Luke Damant, yatangaje ko (…)

USA: Abanyamulenge basabye Amerika gutabara bene wabo bari kugabwaho ibitero muri RDC

Abanyamulenge baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika basabye ubuyobozi bw’iki gihugu gutabara (…)

Nigeria: Ibikorwa byo gushimuta abanyeshuri bikomeje gukara: 227 batwawe n’abantu bitwaje intwaro

Muri Nigeria, abantu bitwaje intwaro bashimuse abanyeshuri 227 n’abarimu mu ishuri rya (…)

Mu cyumweru kimwe ADF yishe abaturage 89 ba RDC

Ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Ingabo za RDC zagabye igitero cya Sukhoi hafi y’inkambi z’Abanyamulenge

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye igitero cy’indege y’intambara ya (…)

Afurika y’Epfo: Abagore beguye imbunda kubera ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Abagore bo muri Afurika y’Epfo bayobotse iyo gutunga imbunda no kwiga kuzirashisha bagamije (…)

Amerika: Umudepite akurikiranyweho kunyereza miliyoni 5$

Komite y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe imyitwarire yatangiye (…)

Putin yavuze ko abayobozi ba Ukraine ari ba rusahuriramunduru

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko abayobozi ba Ukraine bahindutse agatsiko (…)

AFC/M23 yatangaje ko izagira uruhare mu gusenya imitwe yitwaje intwaro

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko (…)

Abantu 26 baguye mu bitero by’u Burusiya muri Ukraine

Abantu 26 bapfuye abandi 100 barakomereka ndetse abarenga 20 baburirwa irengero nyuma y’ibitero (…)

U Bubiligi buri gukora iperereza ku nkomoko y’amafaranga y’umuryango wa Tshisekedi

Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Bubiligi buri gukora iperereza ku nkomoko y’amafaranga ari kuri konte (…)

BBC yasabye imbabazi umugore w’Igikomangoma William kubera kumwita izina ritari iry’ibwami

Ikigo cy’Itangazamakuru cy’u Bwongereza, BBC, cyasabye imbabazi Umugore w’Igikomangoma cya (…)