skol

Mu mahanga

Ashorwa mu bindi yashyizwe mu gukora intwaro: Intambara karundura ya EU n’u Burusiya

Minisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) (…)

Leta ya Congo irashinja u Rwanda kurasa Kamanyora ho muri kivu y’Amajyepfo ikoresheje imbunda zishinze mu Bugarama

Minisitiri w’itangazamakuru muri Congo, Patric Muyaya yatangajeko u Rwanda ruri kurasa muri (…)

Hongeye kwaduka imirwano hagati ya Thailand na Cambodia

Ingabo za Thailand zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero byo mu kirere ku butaka bwa Cambodia mu (…)

Uganda: Bane baguye mu mpanuka y’imodoka na gari ya moshi

Abantu bane bapfuye abandi bakomerekera mu mpanuka yabereye mu Burasirazuba bwa Uganda, aho gari (…)

Polisi ya Tanzania yaburiye abifuza gusubukura imyigaragambyo

Polisi ya Tanzania yabwiye abari gutegura imyigaragambyo yamagana Perezida w’iki gihugu, Samia (…)

U Buhinde: Abantu 25 bishwe n’inkongi yibasiye akabyiniro

Abantu 25 bapfuye abandi 50 barakomereka nyuma y’inkongi yibasiye akabyiniro kari mu Buhinde mu (…)

Yasser Abu Shabab warwanyaga Hamas yiciwe muri Gaza

Yasser Abu Shabab wamenyekanye kubera umutwe yayoboraga urwanya Hamas yiciwe muri Gaza.

Ingabo za RDC na Wazalendo byatsinzwe urugamba rw’umunsi w’injyanamuntu

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatsinzwe urugamba rihanganyemo (…)

Trump yavuze ko adakeneye Abanya-Somalia muri Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza ko adashaka ko (…)

Museveni yohereje Visi Perezida i Washington D.C

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yohereje Visi Perezida, Jessica Alupo, i Washington (…)

Trump yasabye Perezida Maduro wa Venezuela guhunga

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye mugenzi we wa Venezuela, Nicolás (…)

Ibikorwa by’ihuriro rya Kabila byaciwe ku butaka bwa Congo

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bwaciye ku butaka bw’iki gihugu Ihuriro (…)

Yibye ‘diamant’ y’arenga miliyoni 27 Frw, arayimira

Umugabo wo muri Nouvelle-Zélande akurikiranyweho kwiba no kumira umutako wa diamant ufite (…)

Ruto yise Gachagua wari Visi Perezida we ‘igicucu’

Perezida William Ruto yavuze ko abavuga ko ari kwerekeza Kenya mu bibazo nk’ibyo Somalia irimo, (…)

Abasirikare ba Uganda bishe babiri ba RDC

Abasirikare ba Uganda bari mu bikorwa byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba bwa (…)