skol

Mu mahanga

Perezida Goodluck Jonathan wari waheze muri Guinée-Bissau kubera Coup d’état yatabawe

Goodluck Jonathan wahoze ari Perezida wa Nigeria yatabawe, asubizwa mu gihugu cye igitaranganya (…)

Iperereza ryakajije umurego ku byegera bya Zelensky bishinjwa ruswa

Inzego zishinzwe kurwanya ruswa muri Ukraine zatangiye gukora iperereza mu nzu ya Andriy Yermak, (…)

U Burayi bwakomanyirije Tanzania

Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yatoye imyanzuro yo gufatira ibihano (…)

Embaló wahiritswe ku butegetsi yahunze

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Sénégal yatangaje ko uwari Perezida wa Guinée-Bissau, Umaro (…)

Gen N’Tam yarahiriye kuyobora Guinée-Bissau nyuma ya coup détat ‘yayobowe’ na mugenzi we

Gen Horta N’Tam yagizwe Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Bissau nyuma y’aho Umaro Sissoco Embaló (…)

Nigeria yashyizeho ibihe bidasanzwe kubera ikibazo cy’ishimutwa ry’abanyeshuri

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, yashyizeho ibihe bidasanzwe mu gihugu mu gihe hari gushakwa (…)

Abana ba Perezida Mohammed Bazoum wayoboye Niger basabye ko se na nyina bafungurwa

Abana ba Mohammed Bazoum wahoze ayobora Niger basabye ko we n’umugore we Hadiza barekurwa, nyuma (…)

Muyaya yise intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC akantu gato ku gihugu

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya Katembwe, (…)

Abimukira batatu batawe muri yombi bakekwaho gusambanya mu kivunge Umutaliyani

Abagabo batatu bakomoka muri Maroc bakekwaho gusambanya umukobwa w’imyaka 18 wo mu Butaliyani, (…)

Amerika yahagaritse kwakira Abanya-Afghanistan kubera mugenzi wabo warasiye abasirikare hafi ya White House

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahagaritse by’agateganyo kwakira abasaba ubuhungiro baturutse muri (…)

Urukiko rwategetse Bolsonaro wayoboye Brésil kumara imyaka 27 muri gereza

Urukiko rw’Ikirenga muri Brésil rwategetse ko Jair Bolsonaro wahoze ari Perezida w’iki gihugu, (…)

Polisi ya Uganda yashinjwe gushumuriza imbwa abashyigikiye Bobi Wine

Umuryango w’Abanyamategeko bo muri Uganda (ULS) watangaje ko wababajwe bikomeye n’igikorwa (…)

Perezida Samia Suluhu Hassan ashobora gukurikiranwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

Abanyamategeko bahagarariye abantu bivugwa ko babarirwa mu magana biciwe mu myigaragambyo (…)

Australia yajyanywe mu nkiko izira itegeko ribuza abana gukoresha imbuga nkoranyambaga

Abana b’imyaka 15 barimo uwitwa Noah Jones na Macy Neyland bo muri Australia bajyanye ikirego mu (…)

AFC/ M23 yafashe abagabo bajyanaga intwaro i Masisi

Abarwanyi ba AFC/M23 bataye muri yombi abagabo 40 muri Teritwari ya Walikale muri Kivu (…)