skol

Mu mahanga

Trump agiye kwirukana Abanya-Somalia ku butaka bwa Amerika

Perezida Donald Trump yasabye Abanya-Somalia batuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, gusubira (…)

Guinée-Bissau: Ntihagitangajwe amajwi y’ibyavuye mu matora

Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Guinée-Bissau yatangaje ko idashobora gutangaza ibyavuye mu (…)

Ingabo za RDC zishe abasivili muri Kamanyola, hakomereka benshi

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Uganda: Urubuga rwa Facebook rushobora gukomorerwa nyuma y’imyaka 5 rufunzwe

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma iri gusuzuma uburyo Facebook (…)

Amerika yateguje imyigaragambyo ikomeye muri Tanzania

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Tanzania, yashyize hanze itangazo risaba abaturage (…)

Afurika y’Epfo yananiwe kwihanganira ‘imyitwarire y’igitugu’ ya Trump

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa n’abayobozi batandukanye muri iki gihugu, bamaze (…)

Perezida Ruto yasabye abasore b’imyaka 25 gushaka abagore aho kwirirwa mu tubyiniro

Perezida wa Kenya, William Ruto, yasabye urubyiruko cyane cyane abasore barengeje imyaka 25, (…)

Hong Kong: Hashyizweho iminsi itatu yo kunamira abarenga 120 bishwe n’inkongi

Abayobozi ba Hong Kong batangije iminsi itatu y’icyunamo banafata umunota umwe wo kwibuka no (…)

Amerika: Abantu biciwe mu birori by’isabukuru y’amavuko

Muri Leta ya California muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, abantu bane bishwe abandi 10 (…)

Papa Léon XIV yinjiye mu musigiti akuyemo inkweto ariko ntiyasenga

Papa Léon XIV yinjiye mu musigiti witwa Blue Mosque muri Istanbul, asiga inkweto hanze (…)

U Bwongereza: Umusatsi w’umwami Charles III washyizwe muri cyamunara

Umusatsi w’Umwami w’u Bwongereza, Charles III, washyizwe mu cyamunara, aho uri kugurishwa arenga (…)

Habaye iki ngo Edgar Lungu wapfuye mu mezi hafi atandatu ashize, abe atarashyingurwa?

Umurambo wa Dr. Edgar Lungu Chagwa wayoboye Zambia kuva mu 2015 kugeza mu 2021 uracyabitswe muri (…)

Amerika yahagaritse ibikorwa byo gutanga ubuhungiro

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasubitse ibikorwa byo kwemerera ubuhungiro ababusabaga nyuma (…)

U Bufaransa: Ibinyamujonjorerwa bifite agaciro ka miliyoni 150 Frw byibwe

Ubuyobozi bwa Sosiyete L’Escargot des Grands Crus icururiza ibinyamujonjorerwa mu karere ka Bouz (…)

Uri ikigoryi? Trump ku munyamakuru wamubajije iby’ubwicanyi bwabereye i Washington

Perezida Trump yise “ikigoryi” umunyamakuru w’umugore nyuma y’uko amubajije niba yicuza (…)