skol

Mu mahanga

Slovakia yiyemeje kurwanya ifatirwa ry’umutungo w’u Burusiya

Slovakia yatangaje ko itazashyigikira gahunda y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) yo gukoresha (…)

Umugenzi yapfiriye mu ndege yajyaga i Maputo

Umugenzi w’umugore ukomoka muri Angola yapfiriye mu ndege ya TAAG Angola Airlines ubwo yari mu (…)

Museveni yashinje Abanyaburayi uruhare mu myigaragambyo yo muri Tanzania

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ibihugu by’i Burayi biri inyuma (…)

Trump yababariye abashinjwe kugerageza gutesha agaciro amatora yo mu 2020

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yababariye abantu bakurikiranywe (…)

Urukiko rugiye kumva ugutakamba kwa Sarkozy, ushaka gukurwa muri gereza

Urukiko rwo mu Mujyi wa Paris rwatangaje ko kuri uyu wa Mbere rusuzuma ubusabe bwa Nicolas (…)

Perezida Ruto ntiyicuza gusaba Polisi kurasa abigaragambya mu kaguru

Perezida wa Kenya, William Ruto, yavuze ko aticuza kuba yarasabye polisi kurasa mu kaguru (…)

Imidugararo y’amatora muri Cameroun yatumye ibiciro muri Centrafrique bizamuka

Kubera ko Centrafrique ari igihugu kidakora ku nyanja, ibibazo bya Politiki biherutse kuvuka (…)

U Burundi bwohereje abandi basirikare bo kugota Minembwe

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho urashinja Leta y’u Burundi kohereza batayo ebyiri z’ingabo z’icyo (…)

Abayobozi babiri bakuru ba BBC basezeye nyuma yo gutangaza amakuru y’ibinyoma kuri Perezida Trump.

Umuyobozi Mukuru wa BBC, Tim Davie n’Umuyobozi ushinzwe serivisi y’amakuru, Deborah Turness, (…)

Ambasade ya Sudani y’Epfo muri Kenya yafunzwe kubera kutishyura ubukode

Ambasade ya Repubulika ya Sudani y’Epfo muri Kenya yafunzwe, nyuma y’uko itabashije kwishyura (…)

U Bubiligi bwatakambiye abagera ku bihumbi 150 bafite imyaka 17 kwinjira mu gisirikare

Minisitiri w’Ingabo z’u Bubiligi, Theo Francken, yatangaje boherereje amabaruwa ibihumbi 149, (…)

USAID yashinjwe uruhare mu guhirika ubutegetsi bwa Bangladesh

Mohibul Hasan Chowdhury, wahoze ari Minisitiri muri Bangladesh, yavuze ko imvururu zabaye mu (…)

Espagne: Batawe muri yombi bazira kugurisha umwana wabo 5000 by’Amayero

Polisi yo muri Espagne yataye muri yombi abantu batanu, barimo ababyeyi b’umukobwa w’imyaka 14, (…)

Tanzania: Ishyaka Chadema ryashinje Leta gufunga Umunyamabanga waryo wungirije

Polisi ya Tanzania yashinjwe guta muri yombi Umunyamabanga wungirije w’Ishyaka ritavuga rumwe na (…)

Ingabo 800.000 za NATO ziryamiye amajanja mu gihe intambara n’u Burusiya yarota

Umuyobozi w’ishami rihuza ibikorwa bya gisirikare imbere mu Budage no mu mahanga, (…)