skol

Mu mahanga

Kinshasa: Abasirikare barimo ufite ipeti rya Colonel batangiye kuburanishwa bazira kwambika umugore ubusa

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 20 Ukwakira (…)

Minisitiri Dr Biruta yasuye Ishuri rya Polisi ryo mu Misiri

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, witabiriye inama mpuzamahanga ya Gatanu (…)

Perezida Museveni yahaye impozamarira abagizweho ingaruka n’impanuka yahitanye 63

Perezida Yoweri Museveni yihanganishije imiryango yaburiye abantu mu mpanuka ikomeye yo mu (…)

Hamenyekanye itariki y’amatora ya Perezida muri Uganda

Komisiyo y’amatora muri Uganda yatangaje ko amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko (…)

Impanuka y’imodoka yahitanye abarenga 60

Abantu mirongo itandatu n’abatatu bitabye Imana muri Uganda mu mpanuka y’imodoka nini za bisi (…)

Nigeria: Urukiko rwategetse ko abagaragaye kuri Tiktok basomana bahita bashyingirwa

Urukiko rwo muri Leta ya Kano muri Nigeria rwategetse ko umusore n’umukobwa bagaragaye ku mbuga (…)

Inama ya Trump na Putin i Budapest yajemo kidobya

Perezida Donald Trump yavuze ko atashakaga “inama y’ubusa”, nyuma y’uko inama yagombaga kumuhuza (…)

Trump yategetse ko igice kimwe cya ’White House’ gisenywa

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse ko igice kimwe cy’ingoro (…)

Twinjirane mu buzima Sarkozy wayoboye u Bufaransa azabamo muri Gereza

Nicolas Sarkozy w’imyaka 70 wabaye Perezida w’u Bufaransa hagati ya 2007 na 2012, yatangiye (…)

Nicolas Sarkozy yafunzwe

Ahagana Saa Tatu n’igice, nibwo Nicolas Sarkozy wabaye Perezida w’u Bufaransa, yinjiye muri (…)

U Buyapani bwashyizeho Minisitiri W’Intebe w’umugore ku nshuro ya mbere

Sanae Takaichi yatsindiye kuba Minisitiri w’Intebe w’Ubuyapani, akaba ari we mugore wa mbere (…)

Hakenewe Miliyari 50$ zo gusana Gaza

Intumwa ya Donald Trump mu Burasirazuba bwo Hagati Steve Witkoff yatangarije CBS 60 Minutes ko (…)

Sarkozy yahuye na Perezida Macron mbere yo gufungwa

Nicolas Sarkozy wayoboye u Bufaransa kuva mu 2007 kugeza mu 2012, yahuye na Perezida Emmanuel (…)

Inama izahuza Putin na Trump iri kugerwa amashoka

Ibihugu byo ku Mugane w’i Burayi bikomeje kugaragaza ko bitanyuzwe n’inama igiye guhuza Perezida (…)

Masisi: AFC/M23 na Wazalendo byarasanye karahava

Ihuriro rya AFC/M23 na Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)