skol

Mu mahanga

Perezida wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa

Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa mu gihe (…)

Tshisekedi yimye amatwi Kiliziya Gatolika na Angilikani, atoranya abo azaganira na bo

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko adashobora (…)

Abanya-Israel ba mbere batwawe na Hamas barekuwe

Imbangukiragutabara zamaze kugeza ku ngabo za Israel abaturage barindwi ba mbere Hamas yari (…)

Yambwiye ko ari njye wari uyikwiriye- Trump avuga kuri Machado wamutwaye Prix Nobel

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yatangaje ko yaganiriye na María Corina (…)

Abahinde bakoze imihango igaragaza Trump nk’umudayimoni

Mu mujyi wa Murshidabad, mu Ntara ya West Bengal mu Buhinde habereye iserukiramuco rya ‘Durga (…)

Uganda: Umugore yapfiriye mu rugo rw’umupfumu

Polisi yo mu mujyi wa Mbale muri Uganda yataye muri yombi umugabo witwa Kharim Mwima wiyita (…)

U Bushinwa bwamaganye Amerika ishaka kubuza indege zabwo gukoresha ikirere cy’u Burusiya

U Bushinwa bwamaganye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku mugambi wo gukumira indege z’ibigo byabwo (…)

Babiri baguye mu bushyamirane bwa Wazalendo na FARDC

Imirwano yamaze iminsi ibiri hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Abadipolomate batatu ba Qatar bapfiriye mu Misiri

Abadipolomate batatu bakomoka muri Qatar bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye hafi y’umujyi (…)

Trump ntazemera ko abasirikare ba Amerika babura umushara nubwo Guverinoma yahagaritse imirimo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazemera ko ingabo za (…)

Guatemala yakiriye abimukira 59 birukanywe muri Amerika

Guatemala yakiriye itsinda rya mbere ry’abenegihugu 59 bo mu bihugu bikennye birukanywe muri (…)

DRC: Leta yategetse FDLR kwishyira mu maboko y’Ingabo

Umuvugizi w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Général-Major Sylvain Ekenge (…)

Peru: Perezida yashyize avaho yegujwe ku nshuro ya 9

Inteko Ishinga Amategeko ya Peru yatoye ishyigikira icyemezo cyo kweguza Perezida Dina Boluarte, (…)

AFC/M23 yahigiye gufata Uvira mu ’minsi mike’

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Kenya: Divayi ikoreshwa mu kiliziya yabaye inzoga inyobwa na bose

Kiliziya Gatolika yo muri Kenya yahinduye divayi yakoreshaga mu misa nyuma y’aho iyari isanzwe, (…)