skol

Mu mahanga

Masisi: M23 yambuye Wazalendo uduce tubiri

Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

AFC/M23 n’ingabo za Leta bararwanira Teritwari ikize ku mabuye y’agaciro

Imirwano ikomeye yakomeje kubera muri Kivu y’Amajyepfo, inyeshyamba zo mu ihuriro Alliance (…)

Kinshasa: Kiliziya Gatolika yamaganye igihano cy’urupfu Kabila yakatiwe

Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye igihano cy’urupfu (…)

Trump yajyanwe mu nkiko

Leta za California n’iya Oregon zareze ubuyobozi bwa Perezida Donald Trump mu rukiko, ku bwo (…)

Afurika y’Epfo yatangije iperereza ku rupfu rwa Ambasaderi wayo mu Bufaransa

Afurika y’Epfo yohereje itsinda ry’abashinzwe iperereza b’inzobere mu Bufaransa nyuma y’urupfu (…)

Impozamarira za miliyoni 100$ Uganda yageneye ab’i Kisangani zaranyerejwe

Ikigo cyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gikora ubushakashatsi ku mikoreshereze (…)

Ingabo za Uganda n’iza Somalia zafashe agace kari mu maboko ya Al-Shabaab

Ingabo za Uganda n’Iza Somalia ziri mu butumwa bw’amahoro muri Somalia zisubije agace ka (…)

Hamas yashimangiye ko ititeguye gushyira intwaro hasi

Ku Cyumweru tariki 05 Ukwakira 2025, Umutwe wa Hamas wahakanye amakuru yanyuze mu binyamakuru (…)

Tunisia: Yakatiwe urwo gupfa azira kunenga Perezida

Urukiko rwo mu mujyi wa Nabeul muri Tunisia rwakatiye urwo gupfa Saber Chouchane, umugabo (…)

Amerika yemeye ko intambara yo muri Gaza yasize icyasha isura ya Israel

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yavuze (…)

Amerika: Umugore yarashwe, Trump yongera ingabo

Mu Mujyi wa Chicago muri Amerika hakomeje gukazwa ibikorwa byo gukurikirana no guhiga bukware (…)

Hamas yemeye kurekura imfungwa z’Abanya-Israel nyuma yo kotswa igitutu na Trump

Umutwe wa Hamas watangaje ko wemeye kurekura imfungwa zose z’Abanya-Israel zaba iziriho cyangwa (…)

Zimbabwe: Umuhungu wa Perezida Mugabe akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge

Robert Mugabe Junior, umuhungu w’imfura w’uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, (…)

U Bwongereza bwijeje Abayahudi kubarinda nyuma y’igitero bagabweho i Manchester

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer, yasezeranyije ko azakora ibishoboka byose (…)

U Bwongereza: Abantu babiri biciwe mu rusengero rw’Abayahudi

Polisi yo mu Mujyi wa Manchester yatangaje ko abantu babiri biciwe mu isinagogi batewe icyuma, (…)