skol

Mu mahanga

Madagascar: Inzego z’umutekano zarashe abigaragambya nyuma yo gusuzugura Perezida

Inzego z’umutekano za Madagascar zarashe ibyuka biryana mu maso n’amasasu ya pulasitiki mu (…)

Nyuma yo kwemeza gahunda yo guhagarika intambara, Israel ikomeje kumisha ibisasu muri Gaza

Nyuma y’uko Leta ya Israel yemeje amasezerano yo guhagarika intambara muri Gaza, ibintu (…)

Perezida Macron agiye gushyiraho Minisitiri w’Intebe mushya

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, arateganya gushyiraho Minisitiri w’Intebe mushya mu (…)

Uwari senateri yise dipolomasi ya Congo ‘imikino y’amagambo’

Francine Muyumba, utajya imbizi n’ubutegetsi bwa Tshisekedi, wahoze ari senateri akaba (…)

Israel na Hamas byemeranyije ku guhagarika imirwano no guhererekanya imbohe n’imfungwa

Leta ya Israel n’umutwe witwaje intwaro wa Hamas ukorera mu ntara ya Gaza muri Palestine, (…)

U Burusiya bwagaragaje ko ibiganiro Trump yagiranye na Putin nta musaruro byatanze

Minisitiri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Ryabkov, yatangaje ko ibiganiro (…)

Hamas yasabye Israel kuyiha umurambo wa Yahya Sinwar

Abayobozi ba Hamas bari mu biganiro na Israel ngo intambara ya Gaza ihagarare basabye ko (…)

Byagenze bite ngo umuhungu wa Tshisekedi arasire abantu mu kabyiniro k’i Kinshasa?

Mu mpera z’icyumweru gishize, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho yafatiwe ku kabyiniro (…)

U Buhinde: Inkangu yagwiriye imodoka yica abantu 15

Inkangu yatewe n’imvura idasanzwe yaguye mu Majyaruguru ya Leta ya Himachal Pradesh mu Buhinde, (…)

Abaturage batwitse abaganga bane babashinja ubupfumu

Muri teritwari ya Isangi, mu Ntara ya Tshopo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Kivu y’Amajyepfo: M23 iri gusatira santere ya Shabunda

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

U Burusiya bwafashe ibilometero 5000 by’ubutaka bwa Ukraine mu 2025

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko mu 2025, ingabo ze zafashe ibilometero 5000 (…)

Ku nshuro ya mbere u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga

Leta y’u Burundi yatangaje ko ku nshuro ya mbere yohereje ku isoko mpuzamahanga amabuye (…)

U Buyapani: Umuyobozi muri Ruhago wafashwe areba ’Pornographie’ ari mu mazi abira

Umunyamabanga w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Buyapani, Masanaga Kageyama, yakatiwe (…)

Ubuzima bwa Gen Bunyoni buri mu kaga

Umuryango APRODH uharanira uburenganzi bw’ikiremwamuntu mu Burundi, watangaje ko ubuzima bwa Gen (…)