skol

Mu mahanga

Tshisekedi yashimangiye ko Trump azaba akwiye ’Prix Nobel’ narangiza intambara mu gihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze ko Donald (…)

Imodoka ya BYD yaciye agahigo ko kugira umuvuduko urusha uw’izindi ku Isi

Imodoka ya U9 Xtreme y’uruganda rwa BYD rwo mu Bushinwa yaciye agahigo ko kugira umuvuduko (…)

Travis Kelce yaciwe amande nyuma yo gukora ikimenyetso cy’urukozasoni mu kibuga

Umukinnyi w’icyamamare muri NFL, Travis Kelce, ukinira ikipe ya Kansas City Chiefs, yaciwe (…)

U Burusiya bwagabye igitero cya drones 610 kuri Ukraine

Igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere cyatangaje ko u Burusiya bwagabye ibitero bya drones (…)

USA: Abanyamahanga bafite ubumenyi bwihariye bazajya bishyura ibihumbi 100$ buri mwaka

Perezida Amerika, Donald Trump yasinye iteka risaba abanyamahanga bahabwa visa kubera ubumenyi (…)

Ibihugu byo muri EU byaguze mu Burusiya ibicuruzwa bya miliyari 8,7 z’Amayero mu mezi atatu

Ikigo cy’u Budage gishinzwe ubukungu (Bild) cyatangaje ko ibihugu bigize umuryango w’Ubumwe bw’u (…)

Higanjemo ba Colonel: Abofisiye bakuru 14 batorotse Igisirikare cy’u Burundi mu myaka ibiri

Umwuka mubi ukomeje gututumba mu Gisirikare cy’u Burundi. Nubwo abayobozi baterura ngo babivuge, (…)

Kuva mu biganiro kwa Tshisekedi n’ishyano ku ngabo z’u Burundi: Ibishobora kuba mu ntambara yo muri RDC

Umwuka w’intambara ikomeye ukomeje gushyuha mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Amerika gushinja Israel jenoside, Algerie iyibutsa ko iri gukora amakosa nk’ayakorewe Abanyarwanda mu 1994

Ambasaderi wa Algerie mu Muryango w’Abibumbye, Amar Bendjama, yavuze ko nihatagira icyo uyu (…)

Iran: Intasi ya Israel yishwe imanitswe

Leta Iran yishe imanitse umwe mu bari barakatiwe urwo gupfa, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kuba (…)

RDC: Ubucuruzi buto bugiye guharirwa Abanye-Congo gusa

Minisitiri w’Ubukungu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Daniel Mukolo Samba, (…)

U Buyapani butuwe n’abaturage ibihumbi 100 bafite imyaka 100

Leta y’u Buyapani yatangaje ko umubare w’abaturage bafite imyaka ijana cyangwa bayirengeje (…)

M23 yungutse abarwanyi bashya barenga 7000

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Patel wa FBI agiye kwisobanura nyuma y’amakosa mu iperereza ku rupfu rwa Charlie Kirk

Umuyobozi mukuru w’Urwego rushinzwe iperereza muri Amerika (FBI), Kash Patel, ari kwitegura (…)

Koreya ya Ruguru iri kwica abantu benshi bazira kureba filime n’amashusho byo mu mahanga – ONU

Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu (UN Human Rights (…)