skol

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe wa Hongrie yatanze umuburo k’u Burayi bugiye gusenyuka

Minisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (…)

U Bushinwa bwashinje Canada na Australia ubushotoranyi

U Bushinwa bwahishuye ko bwarakajwe n’ubwato bw’intambara bya Canada na Australia bwanyuze mu (…)

Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yeguye ataramara umwaka mu nshingano

Shigeru Ishiba wari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yeguye kuri izo nshingano no ku kuyobora (…)

U Bwongereza: Abimukira batemewe n’amategeko bagiye kwimurirwa mu bigo bya gisirikare

Minisiteri y’Ingabo y’u Bwongereza yatangaje ko iteganya gucumbikira abimukira binjiye muri icyo (…)

Umwihariko wa TRL Group, uruganda rukorera mu Rwanda drones zirimo iza gisirikare

U Rwanda rukomeje guteza imbere ubwikorezi bwo mu kirere by’umwihariko ubukoresha drones mu (…)

Umupadiri wo muri Uganda yagizwe Musenyeri wa Diyosezi yo muri Amerika

Simon Peter Engurait wari usanzwe ari Umupadiri ukomoka muri Uganda yagizwe Musenyeri wa (…)

Amerika: Umusoro ku modoka ziva mu Buyapani wagabanyijweho 12%

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku iteka ryemeza ko (…)

Umwuzukuru wa Mandela ashaka kujya muri Gaza kwigaragambya

Umwuzukuru wa Nelson Mandela, Mandla Mandela, yatangaje ko agiye kwiyunga ku mpirimbanyi (…)

Zambia: Malanji wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yakatiwe gufungwa imyaka ine

Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Zambia, Joseph Malanji, yakatiwe igifungo (…)

U Burusiya bugiye gukuriraho visa Abashinwa

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje ko u Burusiya bugiye gukuraho ingingo yo kwaka (…)

Amerika: Minisiteri y’Ingabo ishobora guhindurirwa izina ikitwa iy’Intambara

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu mushinga wo guhindura izina rya (…)

AFC/M23 yaciye amarenga yo kuzajya gutabara abo muri Uvira na Ituri

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryaciye (…)

Sudani: Papa Léon XIV yasabye impande zihanganye kwinjira mu biganiro

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV, yasabye ko impande zihanganye muri Sudani (…)

Burkina Faso: Hatowe itegeko rikumira abaryamana bahuje ibitsina

Inteko Ishinga Amategeko ya Burkina Faso yatoye itegeko rigenga urushako n’umuryango, rikubiyemo (…)

Fall Ngagne yatangiye imyitozo

Rutahizamu wa Rayon Sports, Fall Ngagne, yongeye kugaragara mu myitozo nyuma y’amezi arindwi (…)