skol

Mu mahanga

Zelensky avuga ko abantu umunani biciwe mu gitero gikomeye cy’Uburusiya i Kyiv

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yatangaje kuri uyu wa kane ko abantu umunani, barimo (…)

Kim Jong Un agiye guhurira na Putin mu karasisi k’Ingabo z’u Bushinwa

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, azitabira akarasisi k’Ingabo z’u Bushinwa [PLA] mu (…)

Australia yirukanye Ambasaderi wa Iran azira ibitero byagabwe ku Bayahudi

Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko birukanye Ambasaderi wa Iran (…)

Abanyamakuru bane baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Gaza

Kuri uyu wa Mbere abantu 15 barimo abanyamakuru bane bakoreraga Ibitangazamakuru Mpuzamahanga, (…)

EU yahaye Ukraine miliyari 9€ avuye mu mutungo w’u Burusiya wafatiriwe

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi watangaje ko wahaye Ukraine inguzanyo ya miliyari 9€ (angana na (…)

Lt Gen Kruse wayoboraga ubutasi bw’igisirikare cya Amerika yirukanywe

Minisitiri w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yirukanye Lt Gen Jeffrey (…)

Amaso ahanzwe indi Starship igiye kongera kugeragezwa

Ikigo cya SpaceX kiri kwitegura kongera gukora igerageza rya Starship, igikorwa kizaba ahanini (…)

Umuyobozi wa Boko Haram yishwe

Igisirikare cya Niger cyatangaje ko cyishe Umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram, (…)

Israel igiye gutangirwa kwinjiza mu ngabo Abayahudi baba mu mahanga

Kubera ibibazo by’abasirikare bake ikomeje guhura na byo, Israel yisunze uburyo bwo kwinjiza mu (…)

Colombia: Abantu 18 barimo abapolisi bishwe abarenga 60 barakomereka

Abantu 18 barimo n’abapolisi 12 bishwe n’ibiturika mu gihe abandi 60 bakomeretse nyuma y’ibitero (…)

Ibyo Putin asaba kugira ngo arangize intambara yo muri Ukraine nyuma yo guhura na Trump

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yasobanuye ku mugaragaro ibisabwa kugira ngo ahagarike (…)

Netanyahu yateguje ibitero bishya kuri Gaza

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko yatanze amabwiriza yo gutangira (…)

Trump yiyemeje kurara irondo kubera umutekano muke i Washington DC

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yifatanya na Polisi (…)

Israel yashinje u Bufaransa gukongeza urwango mu Bayahudi

Minisitiri w’Intebe w’Israel, Benjamin Netanyahu, yashinje Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel (…)

Abatuye Gaza bakomeje guhunga ku bwinshi nyuma yuko Israel yatangije ikimeze nk’imperuka yabo!

Abaturage b’abanya-Palestine batuye muri Gaza barimo guhunga urusaku rw’ibisasu bikomeye nyuma (…)