skol

Mu mahanga

Ukraine yatsembye ko Zelensky na Putin badashobora guhurira i Moscow

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Ukraine yatangaje ko hari ibihugu byinshi byagaragaje ko (…)

Perezida Trump yigambye kwica abantu 11 bo muri Venezuela

Perezida Donald Trump yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye igitero ku bwato bwari (…)

Google ntigitegetswe kugurisha Chrome cyangwa Android

Urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwafashe umwanzuro wo kudategeka ikigo (…)

Afurika y’Epfo yimye visa Abanye-Congo bashaka kwitabira ibiganiro bya Thabo Mbeki

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yimye visa abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira (…)

Perezida wa Ghana yirukanye Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga

Perezida wa Ghana John Mahama, yirukanye Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Gertrude Torkornoo, (…)

Inama ya Modi na Xi yasize iki?

Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, mu mpera z’icyumweru gishyize yahuriye i Tianjin (…)

Ukraine yakangishije kurasa i Moscow

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko igihugu cye gifite intwaro nshya zishobora (…)

Rusizi: Ubuyobozi bwakebuye imiryango irenga 950 ibanye mu makimbirane

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwasabye abashakanye kujya baganira bagafatira hamwe ibyemezo (…)

Urukiko rwatesheje agaciro imisoro Trump yashyiriyeho amahanga

Urukiko rw’ubujurire rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwategetse ko imisoro Perezida Donald (…)

Amerika ihamya ko gusesa USAID byayizigamiye miliyari nyinshi z’Amadolari

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, (…)

Gen Maj Birungi wayoboye ubutasi bw’igisirikare cya Uganda arafunzwe

Igisirikare cya Uganda gifunze Gen Maj James Birungi wayoboye urwego rw’ubutasi (CMI) kuva muri (…)

U Burusiya bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwasezeranyije Leta y’Aba-Taliban iyoboye Afghanistan ko bugiye kongera inkunga (…)

Birababaje Umugabo yamenye ko umugore we ari mushiki we nyuma y’imyaka 7 babana

Mu gihugu cya Brazil, haravugwa inkuru idasanzwe y’umugore n’umugabo babanye imyaka irindwi, (…)

U Budage bwateze iminsi inama ihuza Putin na Zelensky

Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, yatangaje ko nubwo Amerika ishaka ko habaho inama ihuza (…)

Igisirikare cya Finlande kigiye guhagarika gukoresha ikirango cy’Aba-Nazi

Igisirikare cya Finlande kirwanira mu kirere kiri gutegura uburyo cyakura ikimenyetso kizwi nka (…)