skol

Mu mahanga

Isiraheli yashinje Australia ubugambanyi n’ubugwari

Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu yashinje mugenzi we wa Australia, Anthony (…)

Trump agiye gukuraho ishami ryari rishinzwe gukumira u Burusiya muri politiki ya Amerika

Amerika yatangaje ko igiye kugabanya abakozi b’Ikigo cya ‘Foreign Malign Influence Center (FMIC) (…)

Putin na Zelensky ntibemeranya ku hazabera inama izabahuza

Perezida Vladmir Putin ashaka ko ibiganiro bizamuhuza na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr (…)

Hagiye gukorwa filimi ivuga ku ntambara y’umuco n’Isi y’imbuga nkoranyambaga

Mu rwego rwo guhuza ubuhanzi n’ubucuruzi, hatangiye gutegurwa filime nshya yitwa ‘Urubohero (…)

Trump afite impungenge ku bushake bwa Putin bwo kurangiza intambara

Perezida Donald Trump yatangaje ko atewe impungenge n’uko mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir (…)

Koreya ya Ruguru yahize kongera umuvuduko mu gukora intwaro kirimbuzi

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Koreya y’Epfo (…)

Intambara ibera muri Gaza imaze guhitana abarenga ibihumbi 62

Intambara igiye kumara imyaka ibiri ica ibintu mu gace ka Gaza imaze guhitana Abanya-Palestine (…)

USA: Yasubije igitabo mu isomero nyuma y’imyaka 82

Umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasubije mu isomero igitabo cyari cyaratiwe na (…)

Qantas yaciwe akayabo kubera kwirukana abakozi mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Ikigo gikora ubwikorezi bwo mu kirere cyo muri Australie, Qantas, cyaciwe miliyoni 90$ kubera ko (…)

Abakozi ba Air Canada banze kubahiriza itegeko rya Leta ribasaba gusubira mu kazi

Abakozi b’Ikigo cyo muri Canada gikora ubwikorezi bw’abantu n’ibintu mu kirere, Air Canada, (…)

Trump ashyigikiye ko Ukraine yemera guhara ubutaka bwayo

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashyigikiye ko Ukraine iharira u Burusiya (…)

Amerika yaburiye Ukraine ikomeje gutsimbarara ku kutumvikana n’u Burusiya

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze (…)

Israel igiye gutangira kwimura abatuye muri Gaza

Umuvugizi w’Igisirikare cya Israel, Avichay Adraee, yatangaje ko kuri iki Cyumweru baratangira (…)

Perezida Zelensky agiye gusubira i Washington

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko ku wa 18 Kanama 2025 azahura na Perezida wa (…)

Ukraine: Abagabo barenga ibihumbi 650 bahunze urugamba

Abagabo barenga ibihumbi 650 bo muri Ukraine bafite imyaka yo kujya ku rugamba, bamaze guhunga (…)