skol

Mu mahanga

Amerika igiye gutangira gusaba ingwate ku basaba visa

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye kujya zisaba abanyamahanga bo mu bihugu bimwe (…)

Trump yibasiye uruganda ’Jaguar’ rukora imodoka

Perezida Donald Trump yikomye uruganda rukora imodoka Jaguar Land Rover [JLR] nyuma y’uko (…)

Nouvelle-Zélande: Umugore akurikiranyweho gutwara umwana nk’umuzigo

Polisi yo muri Nouvelle-Zélande yataye muri yombi umugore ukekwaho icyaha cyo kutita ku mwana, (…)

Israel yasabwe korohereza imodoka zitwara ibiribwa bijyanwa muri Gaza

Umuvugizi w’Umuryango w’Abibumbye, Olga Cherevko, yatangaje ko habayeho ibyago bikomeye muri (…)

Trump yirukanye umuyobozi amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yirukanye umuyobozi w’urwego rushinzwe (…)

White House yasabiye Trump igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel

Umuvugizi w’Ibiro bya White House, Karoline Leavitt, yavuze ko abona Perezida Donald Trump (…)

Trump yohereje ubwato bwa nucléaire hafi y’u Burusiya kubera amagambo ya Medvedev

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse ko ubwato bubiri bufite intwaro (…)

Amerika yahagaritse visa z’abayobozi ba Palestine

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano abayobozi bo muri Leta ya Palestine n’umuryango (…)

Abanya-Kenya bakorera muri Tanzania batabaje Perezida Ruto

Abanya-Kenya bakorera muri Tanzania baratabaza Perezida wa Kenya, William Ruto, ngo agire icyo (…)

Inkende zize amayeri yo kwiba telefoni n’amadarubindi zikayasubiza uzihaye ibiryo

Itsinda ry’inkende ziba ku rusengero rwa Uluwatu, ruri ku nkombe z’Amajyepfo y’ikirwa cya Bali, (…)

Ibibazo Trump afitanye na Afurika y’Epfo ntibizatuma yitabira inama ya ‘G20’

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko atazitabira inama ya ‘G20’ (…)

Israel yashinje u Bwongereza gushyigikira ibikorwa by’iterabwoba

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yashinje u Bwongereza "gushyigikira ibyihebe (…)

Kenya: Abadepite ntibashaka ko abakora ‘betting’ bajya basheta ari munsi ya 500 Frw

Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya basabye ko imyaka yo kwitabira imikino y’amahirwe izwi (…)

Indege ya gisirikare ya Navy F-35 ya Amerika yahiriye muri California

Indege ya Gisirikare yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo mu bwoko bwa Navy F-35 yahiriye mu (…)

Perezida Xi w’u Bushinwa ashobora gusura Amerika mu guhosha intambara y’ubucuruzi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko mbere y’uko umwaka wa 2025 (…)