skol

Mu mahanga

Indege ya gisirikare ya Navy F-35 ya Amerika yahiriye muri California

Indege ya Gisirikare yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo mu bwoko bwa Navy F-35 yahiriye mu (…)

Perezida Xi w’u Bushinwa ashobora gusura Amerika mu guhosha intambara y’ubucuruzi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko mbere y’uko umwaka wa 2025 (…)

Leta ya Uganda yafunze ‘General Isa’ wambuye abanyamahanga amamiliyari

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangaje ko cyataye muri yombi umutekamutwe wiyise ‘General Isa’ (…)

U Buhinde bwahigitse u Bushinwa ku isoko rya telefoni zigezweho muri Amerika

U Buhinde bwahigitse u Bushinwa ku mwanya wa mbere w’ibihugu byohereje telefone zigezweho (…)

Minisitiri w’Intebe wa Qatar yifurije mugenzi w’u Rwanda imirimo myiza

Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Sheikh Mohammed bin (…)

Trump yongeye kuburira Iran yigambye kuzakomeza umugambi wo gukora intwaro za nucléaire

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye Iran avuga ko mu gihe yakongera (…)

Thailand na Cambodia batangiye ibiganiro by’amahoro

Thailand na Cambodia bitabiriye ibiganiro by’amahoro biri kubera muri Malaysia, nyuma y’uko (…)

Koreya ya Ruguru yatangaje ko idashishikajwe no kwiyunga n’iy’Epfo

Mushiki wa Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yatangaje ko igihugu cye kidashishikajwe (…)

USA: Abantu 11 baterewe ibyuma mu iguriro

Abantu 11 bari mu iguriro muri Leta ya Michigan batewe ibyuma barakomereka, ukekwaho iki cyaha (…)

Perezida Trump yasabye Cambodia na Thailand guhagarika imirwano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yavuze ko yahamagaye abayobozi ba (…)

Gaza: Hafi 30% by’abaturage bamara iminsi batariye

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa, PAM, ryatanze intambaza rigaragaza ko nibura (…)

Internet ya Starlink yakomye mu nkokora ibikorwa by’ingabo za Ukraine ziri ku rugamba

Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko kugenda kwa internet ya Starlink icuruzwa n’umushoramari (…)

Abanyarwanda baba muri Canada bamaganye umunyapolitiki wapfobeje Jenoside yakorewe Abatutsi

Imiryango y’Abanyarwanda batuye muri Canada, yamaganye Umunyapolitiki, Yves Engler, uri (…)

Amerika yamaganiye kure u Bufaransa bushaka kwemeza Palestine nk’igihugu

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze (…)

U Bufaransa bugiye kwemera Palestine nk’igihugu cyigenga

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko igihugu cye kigiye kuba icya mbere mu bigize (…)