skol

Mu mahanga

Perezida Trump yasanganywe indwara y’imitsi

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ‘White House’ byatangaje ko (…)

Uganda: Gen Moses Ali yamaganye abavuga ko akwiye kuva muri politiki kuko ashaje

Itsinda rishyigikiye Gen Moses Ali w’imyaka 86, uri kwiyamamariza kongera kuba umudepite (…)

Isiraheli yagabye igitero gikomeye muri Syria

Isiraheli yatangaje ko ingabo zayo zagabye igitero ku cyicaro gikuru cya Minisiteri y’ingabo (…)

U Bushinwa bwasubije ababunenze gutererana RDC mu nzira yo gushaka amahoro arambye

Ambasaderi w’u Bushinwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Zhao Bin, yasubije (…)

Minisitiri w’Intebe wa Ukraine yeguye

Denis Shmigal wari Minisitiri w’Intebe wa Ukraine kuva mu 2020 yeguye nyuma y’umunsi umwe (…)

Umurambo wa Buhari wagaruwe muri Nigeria

Umurambo wa Muhammadu Buhari wayoboye Nigeria, uherutse kwitaba Imana aguye mu Bwongereza, (…)

Abanyamigabane ba Tesla barinubira ko itagira umuyobozi uhoraho

Abanyamigabane batandukanye b’ikigo gikora imodoka cya Elon Musk, Tesla, batangiye kwijujutira (…)

Rurageretse hagati ya Brigitte Macron n’abavuze ko ari umugabo

Umugore wa Perezida wu Bufaransa, Brigitte Macron, yajuriye mu rukiko rusesa imanza nyuma y’aho (…)

Leta ya Uganda yaburiye abagabo bapimisha ADN abana babo

Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Uganda yaburiye abantu bapimisha ADN bashaka kumenya niba (…)

Umwuzukuru wa Museveni yaterewe Ivi

Umwuzukuru wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, Tasha Kunzi Karugire, Kuri iki (…)

Amerika yagabanyije igihe Abanya-Uganda bemerewe kumara ku butaka bwayo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakoze impinduka mu mitangire ya visa zihabwa Abanya-Uganda, aho (…)

Abana n’abagore b’ingabo za RDC zapfiriye ku rugamba, bigaragambije

Mu mujyi wa Beni wimuriwemo by’agateganyo ibiro by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru habereyemo (…)

Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri ufite Polisi (…)

Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za ’Patriots’ zo gukumira ibitero by’u Burusiya

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko azoherereza Ukraine izindi (…)

Amafaranga ashorwa mu gisirikare cy’u Burundi yaragabanyutse

Ingengo y’imari ishorwa mu gisirikare cy’u Burundi (FDNB) yagabanyutseho miliyoni 3,66 (…)