skol

Mu mahanga

Trump na Benyamin mu gushaka igisubizo ku ntambara ya Isiraheli na Gaza

Kuri uyu wa Mbere nyuma ya saa sita, Minisitiri w’intebe Benyamin Netanyahu arasura Amerika, aho (…)

Nitabye miliyoni z’Abanya-Uganda - Museveni avuga impamvu yemeye kongera kwiyamamaza

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko yahisemo kongera kwiyamamariza kuyobora (…)

Koreya y’Epfo igiye guha abaturage bayo amafaranga y’ubuntu

Ubuyobozi bwa Koreya y’Epfo bwatangaje ko bugiye guha abaturage bose b’icyo gihugu amafaranga (…)

Umwenda wa Amerika wageze kuri miliyari ibihumbi 37$

Ingengo y’imari nshya ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika igiye gutuma amadeni iki gihugu gifite (…)

U Burusiya bwagabye ibitero bya drone i Kyiv byamaze amasaha arenga umunani

Leta ya Ukraine yatangaje ko u Burusiya bwagabye ibitero bya drone mu mujyi wa Kyiv bisenya (…)

Biden yaciye amarenga ko abayobozi b’i Burayi bakumbuye ubutegetsi bwe

Joe Biden wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko amaze igihe yakira telefone (…)

U Bugereki: Abarenga 1000 bahungishijwe inkongi y’umuriro

Inkongi y’umuriro yatangiye ku mugoroba wo ku wa 02 Nyakanga ikomeje kwibasira ikirwa cya Crete (…)

RDC: Abajura bacucuye Kiliziya, Musenyeri ategeka ko ifungwa

Umushumba wa Diyoseze ya Lubumbashi, Fulgence Muteba Mugalu, yategetse ifungwa rya Paruwasi (…)

Baltasar Engonga washinjwe kuryamana n’abagore 400 yasabiwe gufungwa imyaka 18

Umushinjacyaha muri Guinée Equatoriale yasabiye Baltasar Ebang Engonga gufungwa imyaka 18 kubera (…)

Tanzania: Minisitiri w’Intebe yavuye mu baziyamamariza ubudepite

Minisitiri w’Intebe wa Tanzania, Kassim Majaliwa, yatangaje ko ataziyamamariza kujya mu Nteko (…)

Amerika yahagaritse kohereza intwaro muri Ukraine

Minisiteri y’Ingabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahagaritse kohereza intwaro zimwe na (…)

Somalia: Indege y’ingabo za Uganda yahanutse

Kajugujugu y’igisirikare cya Uganda yarimo abantu umunani, yakoreye impanuka ku kibuga (…)

Burundi: Abatavugarumwe na Leta biyemeje gufata intwaro bagahirika ubutegetsi bwa CNDD-FDD

Bamwe mu mpunzi z’ Abarundi barimo n’abanyapolitiki bakomeye mu Burundi bahungiye mu Bubiligi (…)

Trump ari gutekereza kwirukana Elon Musk muri Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ubutegetsi bwe buzareba niba (…)

Syria yakuriweho ibihano by’ubukungu na Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka rigamije gukuraho ibihano (…)