skol

Mu mahanga

Thailand: Minisitiri w’Intebe yegujwe azira guca bugufi

Urukiko rwa Thailand rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga kuri uyu wa 1 Nyakanga 2025 rweguje (…)

RDC: Ubutabazi bwagenerwaga abasambanyijwe bwahagaritswe

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwahagaritse amasezerano bwari bufitanye n’ikigo (…)

Amerika: Abahanga mu bya AI bari guhembwa akayabo

Ibigo bikomeye mu ikoranabuhanga biri mu ntambara karundura yo kurushanwa kugera ku buvumbuzi mu (…)

Si inyandiko gusa - Tshisekedi ku masezerano y’u Rwanda na RDC

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko yizeye ko (…)

Abarundi bahungiye mu Bubiligi bagiye gushinga umutwe witwaje intwaro

Abanyapolitiki b’Abarundi baba mu Bubiligi batangaje ko bagiye kurwanya ubutegetsi bw’u Burundi (…)

Miliyoni 14 z’abana bashobora gupfa mu myaka itanu kubera umwanzuro wa Trump

Impinduka Donald Trump yakoze zo kugabanya hafi yose inkunga Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Ingabo za RDC zarashe indege ya gisivili muri Minembwe

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zarasiye indege ya gisivili ku kibuga (…)

Iran yagaragaje icyo yifuza mbere yo gusubukura ibiganiro na Amerika

Iran yagaragaje ko ikeneye kumenya niba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitazongera kuyirasaho, (…)

Tanzania: Imodoka zagonganye biteza inkongi yahitanye abarenga 30

Nibura abantu 38 ni bo bamaze kubarurwa ko baguye mu mpanuka y’imodoka zagonganye (…)

Zongeye kubyara amahari hagati ya Fayulu na Perezida Tshisekedi

Umwuka mubi wongeye gututumba hagati y’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika (…)

U Burayi bwugarijwe n’ubushyuhe bukabije

Ibihugu byinshi byo ku Mugabane w’u Burayi byugarijwe n’ubushyuhe bukabije ku buryo byashyizeho (…)

Kinshasa: Urukiko rwemeje igihe ruzatangira kuburanisha Constant Mutamba

Urukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo tariki ya 9 Nyakanga 2025 (…)

Iran yari yivuganye uwahoze ari Umunyamabanga wa Amerika

Byahishuwe ko Iran yigeze kugera hafi yo kwivugana Mike Pompeo wahoze ari Umunyamabanga wa Leta (…)

Ibihumbi by’Abanya-Iran byasezeye ku bishwe na Israel; Umujyanama wa Khamenei aratungurana

Abantu amagana bitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma abasirikare bakuru ba Iran n’abandi (…)

Kenya: Abigaragambya barashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi

Muri Kenya, abari mu myigaragambyo mu rwego rwo kwibuka bagenzi babo bapfuye baguye mu (…)