skol

Mu mahanga

Byahishuwe ko igitero cya Amerika muri Iran nta gifatika cyagezeho

Nubwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakoresheje imbaraga nyinshi mu gitero zagabye ku (…)

Abasirikare bakuru babiri bafunzwe ku itegeko rya Gen Muhoozi

Muri Uganda abasirikare bakuru babiri bafite amapeti yo ku rwego rwa Colonel bafunzwe hashingiwe (…)

Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka

Videwo yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, yerekena uwo mugabo wari wambaye ikote ry’umukara (…)

Igitugu no guha abantu umurongo: Ibyo abantu bitiranya kuri Perezida Kagame mu mboni za Prof. Lumumba

Inzobere mu mateka na politiki ya Afurika, Prof. Patrick Loch Otieno Lumumba, yagaragaje abantu (…)

Iran na Israel byemeye guhagarika imirwano, ibigo by’indege birahababarira: Agezweho ku rugamba

Leta ya Iran n’iya Israel byemeye guhagarika kugabaho, mu ntambara yari imaze iminsi 12 (…)

Byinshi kuri ’Operation Midnight Hammer’, igitero karundura cya Amerika kuri Iran

Mu rukerera rwa tariki ya 22 Kamena 2025, igisirikare kirwanira mu kirere cya Leta Zunze Ubumwe (…)

Inzira ya Hormuz yo muri Iran inyuzwamo Peteroli ijya mu Rwanda ishobora gufungwa

Inteko Ishinga Amategeko ya Iran ku wa 22 Kamena 2025 yatoye icyemezo cyo gufunga inzira ya (…)

U Bafaransa: Umugeni yarashwe ku munsi w’ubukwe

Umugeni w’imyaka 27 yarashwe ahita apfa ku munsi w’ubukwe mu gihe umugabo we yakomeretse ubwo (…)

Uganda: Gen Muhoozi yashimye muramu we wemeye guharira ubuyobozi se wabo

Gen Muhoozi Kainerugaba yashimye muramu we witwa Shartsi Kutesa Musherure, wemeye kutazongera (…)

Iran yahize guhana Israel, Amerika ishinjwa gusubiramo amakosa yakoze muri Iraq

Ambasaderi w’u Burusiya mu Muryango w’Abibumbye, Vassily Nebenzia, yamaganye ibitero Leta Zunze (…)

U Rwanda rwiteguye gucyura abaturage barwo bari muri Israel na Iran

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yatangaje ko yiteguye kuba yacyura Abanyarwanda bari muri (…)

Amerika yagabye ibitero kuri Iran

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yagabye ibitero kuri Iran, igamije kuburizamo umugambi (…)

Edgar Lungu wayoboye Zambia azashyingurwa muri Afurika y’Epfo

Umuryango wa Dr. Edgar Lungu Chagwa wayoboye Zambia kuva mu 2015 kugeza mu 2021 wafashe icyemezo (…)

U Burusiya bwavuze ku bitero Amerika ishobora kugaba kuri Iran

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yatangaje ko Amerika iramutse igabye (…)

Undi musirikare mukuru yishwe, Hezbollah yinjiramo: Agezweho ku ntambara ya Israel na Iran

Ingabo za Israel zatangaje ko zagabye igitero ahantu hatatu hari intwaro ziremereye zari (…)