skol

Mu mahanga

Amerika: Ubufasha bwahabwaga abaryamana bahuje ibitsina bwatangiye gukurwaho

Umurongo wa telefoni wakoreshwaga n’abaryamana bahuje ibitsina bafite ibitekerezo bishobora (…)

U Burusiya bwabwiye Israel ko nta burenganzira ifite bwo gukuraho ubutegetsi muri Iran

U Burusiya bwabwiye Israel ko ikwiriye kuzirikana ko nta burenganzira ifite bwo guhindura (…)

Yananiwe kuva mu modoka kubera izabukuru: Umukandida w’ishyaka rya Museveni yahindutse iciro ry’imigani

Abanya-Uganda bakomeje kugaragaza ko batumva uburyo ishyaka NRM riri ku butegetsi ryatanze Gen. (…)

Abanyamerika 40% bagaragaje ko mu myaka 10 iri imbere hashobora kuzaba intambara y’abenegihugu

Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cya YouGov gisanzwe gikora ikusanyabitekerezo, bwerekanye ko 40% (…)

Trump yemeje umugambi wo gutera Iran ariko ntiyafata umwanzuro neza

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yemeje umugambi wo gutera Iran, ariko (…)

Nigeria: Umunyeshuri utambaye isutiye ntiyemererwa gukora ikizamini

Kaminuza ya Olabisi Onabanjo yo muri Nigeria, yarikoroje nyuma yuko hasohotse amashusho (…)

Ukraine: Hejuru ya 75% by’abarwanyi bajya ku rugamba batabishaka

Nibura hejuru ya 75% by’abarwanyi ba Ukraine bari mu ntambara n’ingabo z’u Burusiya bajyanwa ku (…)

Ibihugu by’i Burayi bigiye kuganira na Iran ku ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire

Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu Bwongereza, u Budage n’u Bufaransa bagiye guhurira na (…)

Zelensky yasabye inkunga ya miliyari 40 z’Amadolari

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yasabye ibihugu by’inshuti guha igihugu cye inkunga ya (…)

Macron yagaragaje ko gukura Ayatollah ku butegetsi byahindura Iran nka Libya na Iraq

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko gukura Ayatollah Ali Khamenei ku butegetsi (…)

Lt Gen Yav Kabeya wahoze ari umwizerwa wa Tshisekedi yatawe muri yombi

Urwego rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe iperereza rwataye (…)

Umubiligi w’imyaka 92 akurikiranyweho uruhare mu rupfu rwa Patrice Lumumba

Ubushinjacyaha bw’u Bubiligi bwatangaje ko bushaka kuburanisha Umubiligi w’imyaka 92 y’amavuko (…)

RDC: Constant Mutamba wari Minisitiri w’Ubutabera yeguye

Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yeguye (…)

Elon Musk yaba akoresha ibiyobyabwenge?

Umuherwe Elon Musk yifatishije ibizamini byo muri Laboratwari agamije guhinyuza abavuze ko (…)

Israel yaciye amarenga yo kwica Khamenei urwo Saddam Huseein yishwe

Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz yahamije ko ibitero kuri Iran bikomeza kwisukiranya, (…)