skol

Mu mahanga

Mali: Abasirikare benshi barimo Général bafungiwe umugambi wo guhirika ubutegetsi

Igisirikare cya Mali cyataye muri yombi abasirikare bagera kuri 20 barimo Général, bakekwaho (…)

Trump yasabye ko abatagira aho baba birukanwa i Washington DC

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ko abaturage batagira aho baba, (…)

Ukraine yongeye kwamagana umugambi wo guhara ubutaka bwayo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Andrey Sibiga, yavuze ko igihugu cye kitazemera (…)

U Bufaransa: Abimukira 15 basanzwe mu ikamyo ikonjesha inyama

Abimukira bagera kuri 15 bakomoka muri Eritrea basanzwe mu ikamyo ikonjesha isanzwe itwara (…)

Abanya-Israel biraye mu mihanda, bamagana icyemezo cya Leta cyo kwigarurira Gaza

Abanya-Israel babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo ikomeye mu Mujyi wa Tel Aviv, basaba ko (…)

Zelensky yamaganye gahunda yo guhura kwa Trump na Putin

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yamaganye ibiganiro by’imbonankubone bizahuza Donald (…)

Putin yemeye ko ashobora guhura na Zelensky

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko ashobora guhura na mugenzi we wa Ukraine, (…)

Amerika yannyeze u Bwongereza bwitesheje gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda

Umuyobozi ushinzwe imipaka ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Tom Homan yatangaje ko impamvu u (…)

Ghana: Minisitiri w’Ingabo n’uw’Ibidukikije baguye mu mpanuka ya kajugujugu

Muri Ghana habereye impanuka y’indege ya kajugujugu, ihitana abantu umunani barimo Minisitiri (…)

Danemark: Inyamaswa z’inkazi zabuze ibiryo, hitabazwa inkoko n’inkwavu zo mu ngo

Imwe mu nzu zororerwamo inyanswa z’inkazi m Mujyi wa Aalborg muri Danemark yatangiye gusaba (…)

Urujijo ku nkomoko y’ikimeze nk’igikoresho cy’ikivejuru cyanyuze mu isanzure rigaragiye Izuba

Mu isanzure rigaragiye Izuba [système solaire], ku wa 1 Nyakanga 2025, ikoranabuhanga rya ATLAS (…)

SIDA isya itanzitse mu basirikare b’u Burusiya bari mu ntambara muri Ukraine

Minisiteri y’Ingabo mu Burusiya yatangaje ko umubare w’abasirikare bandura agakoko gatera SIDA (…)

Gaza: Loni yongeye gutanga umuburo ku nzara iri guca ibintu

Umuryango w’Abibumbye wongeye kugaragaza ko abatuye mu gace ka Gaza bugarijwe n’inzara ikomeye, (…)

Bill Clinton n’umugore we bahamagajwe n’Inteko kubera umubano bari bafitanye na Epstein

Komisiyo yo mu Nteko Ishinga Amategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahawe inshingano zo (…)

U Burusiya bwikomye Israel yarebereye abaturage bayo bahohotera abadipolomate babwo

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga mu Burusiya yatangaje ko Abadipolomate b’iki gihugu baherutse (…)