skol

Mu mahanga

Abakozi ba Air Canada banze kubahiriza itegeko rya Leta ribasaba gusubira mu kazi

Abakozi b’Ikigo cyo muri Canada gikora ubwikorezi bw’abantu n’ibintu mu kirere, Air Canada, (…)

Trump ashyigikiye ko Ukraine yemera guhara ubutaka bwayo

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashyigikiye ko Ukraine iharira u Burusiya (…)

Amerika yaburiye Ukraine ikomeje gutsimbarara ku kutumvikana n’u Burusiya

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze (…)

Israel igiye gutangira kwimura abatuye muri Gaza

Umuvugizi w’Igisirikare cya Israel, Avichay Adraee, yatangaje ko kuri iki Cyumweru baratangira (…)

Perezida Zelensky agiye gusubira i Washington

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko ku wa 18 Kanama 2025 azahura na Perezida wa (…)

Ukraine: Abagabo barenga ibihumbi 650 bahunze urugamba

Abagabo barenga ibihumbi 650 bo muri Ukraine bafite imyaka yo kujya ku rugamba, bamaze guhunga (…)

Pakistan: Imyuzure imaze guhitana abarenga 300

Inzego z’ubuyobozi zo muri Pakistan zavuze ko imvura nyinshi yateje imyuzure n’inkangu imaze (…)

Uburusiya bwahagurishije Amerika! Ibyo kumenya kuri Alaska yakira Trump na Putin

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida w’u Burusiya, Vladimir (…)

Ukraine n’u Burusiya byahanye imfungwa z’intambara zirimo izari zimaze imyaka irenga 10 zifunze

Ukraine n’u Burisiya byahanye imfungwa z’intambara 84 kuri buri gihugu, aho mu mfungwa zatanzwe (…)

Umugore wa Trump ashobora kujyana umuhungu wa Biden mu nkiko

Umugore wa Donald Trump, Melania Trump, yandikiye umuhungu wa Joe Biden wahoze ayobora icyo (…)

Espagne yagaragaje ko inkongi ziri kurenga ubushobozi bwayo

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Espagne, Grande Marlaska, yatangaje ko ibihugu by’inshuti (…)

Ukraine yemereye abasore gusohoka mu gihugu

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yategetse ubuyobozi bwe ko bukwiriye kwemerera abasore (…)

Ukraine yarahiye ko nta butaka bwayo buzomekwa ku Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky yamaramaje ko Ukraine itazigera ireka akarere ka Donbas ngo gatwarwe (…)

Ukraine ishobora kudobya ibiganiro bya Perezida Putin na Trump

Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko Guverinoma ya Ukraine iri gutegura igitero (…)

Somalia: Abasirikare bahamijwe icyaha cyo gukorana na Al shabaab bishwe

Abasirikare babiri bo muri Somalia bakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukorana (…)