skol
fortebet

Ubukungu

Gisagara: Ikigo gishinzwe amashanyarazi cyatemye urutoki rw’ abaturage nticyabishyura

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Saga umurenge wa Muganza ho mu karere ka Gisagara,barasaba (…)

Perezida Kagame yavuze ko Afurika ikeneye interineti yihuta ngo itere imbere

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’ Umuyobozi w’ umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe AU (…)

HUYE:Abakozi ba RAB ngo bagiye guhagarika akazi kubera kudahembwa

Abakozi bakora imirimo itandukanye mu rwuri rw’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi RAB (…)

Huye: Abaturage barasaba RAB indishyi y’imyaka yangizwa n’inka z’iki kigo

Abahinzi mu batuye mu kagali ka Kabona umurenge wa Kinazi ho mu karere ka Huye,barasaba ikigo (…)

NTIBISANZWE: Rutsiro: Abaturage borora ihene bazipfutse iminwa

Aborozi b’ ihene mu murenge wa Musasa mu karere Rutsiro mu ntara y’ Iburengerazuba borora aya (…)

Gicumbi: Umuryango w’ abantu 6 umaze imyaka 10 uba mu kizu kirangaye

Umuryango w’abantu batandatu(umugabo n’umugore n’abana 4) uba mu nzu y’ikirangarira uratabaza (…)

Kigali: Umufuka w’ amakara wageze kuri 12 000 rwf, abagore bati ‘biraduteza amakimbirane mu ngo’

Abacuruzi b’ amakara n’ abaguzi bayo bahangayikishijwe n’ uko amakara akomeje kubura no guhenda (…)

Kigali: Abatuye ‘Bannyahe’ bagiye kuhimurwa bahabwe umudugudu wa miliyari 10

Abatuye mu kajagari kari mu tugari twa Kangondo I, Kangondo II na Kibiraro I, agace kazwi nka (…)

Umusore wakoze Radio atarabyize BK yamuhaye 1 000 000 rwf

Banki ya Kigali yahaye Turikumana Isaie wiga mu mwaka wa gatandatu yakoze radiyo ntaho yabyize (…)

Ibiciro by’ ingendo byazamutseho amafaranga 2 ku kilometero

Ikigo cy’ igihugu ngenzura mikorere RURA cyatangaje ko ibiciro by’ ingendo byazamuwe. Mu mugi wa (…)

IMF yavuze ko uyu mwaka ubukungu bw’ u Rwanda bushobora kuzamuhaho 8%

Ikigega mpuzamahanga cy’ Imari FMI cyatangaje ko uyu mwaka wa 2018 ubukungu bw’ u Rwanda (…)

Kigali: Abayobozi batunguranye batega moto bagiye gusinya impano ya miliyari 45 Frw

Kubera umubare w’imodoka ubu ziri mu murwa mukuru w’u Rwanda, bamwe ntibari gutinya kuzita ku (…)

Kigali: Hagiye kubakwa ruhurura nini izatwara imyanda abaturage ntibongere gucukura imisarane n’ ibyobo bifata amazi

Mu minsi iri imbere benshi mu baturage bo mu mugi wa Kigali ntibazongera gucukura imisarane (…)

Umuturage wo muri EAC akoresha KWH 136, uwo muri Amerika agakoresha KWH 7000

Ingufu z’ amashanyarazi zirakenewe ngo ibihugu by’ Afuruka y’ Iburasirazuba bikomeze inzira y’ (…)

2017: Umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutseho 6.1 %

kigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko mu 2017 umusaruro (…)