skol
fortebet

Ubukungu

Ruhango: Yatawe muri yombi aha ibihumbi 200 Rwf umupolisi ngo amufashe mu kizamini

Umusore w’imyaka 23 ukomoka mu murenge wa Mukingo, mu karere ka Nyanza, witwa Nzigamasabo David, (…)

Ibiciro by’amata byazamuwe mu gihugu hose

Guhera tariki ya 13 Gashyantare, 2018 Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda mu Rwanda yamenyesheje (…)

Rwamagana: Polisi ifunze uwashakaga kwiba amafaranga muri Banki akoresheje ikoranabuhanga

Polisi y’’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana yaburijemo ubujura bukoreshejwe ikoranabuhanga (…)

Mu myaka itanu ingengo y’ imari y’ u Rwanda imaze kwiyongeraho arenga miliyari 800

U Rwanda ni kimwe mu bihugu by’ Afurika birimo gutera imbere cyane. Iyo umuntu avuze ko nibura (…)

Kigali: Yafashwe yiba batiri z’iminara y’ikigo cy’itumanaho cya TIGO

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 4 Gashyantare nibwo irondo ry’umwuga rikorera mu murenge wa Kimisagara (…)

Gatsibo: Umukecuru w’imyaka 99 yafashwe nk’uwapfuye akurwa mu bafashwa na Leta

Umukecuru witwa Sesiliya aravuga ko yakuwe ku rutonde rw’abafashwaga na Leta binyuze muri (…)

Batawe muri yombi baha Abapolisi ruswa y’amafaranga

Manirakiza Theogene na Mbonyumukiza Valence ntibahiriwe no guha Abapolisi ruswa y’amafaranga (…)

2021 indege nini zizatangira kugwa ku kibuga cya Rubavu

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo iratangaza ko ikibuga cy’indege cya Rubavu kigiye gutangira (…)

Muhanga: Batatu bakekwaho gucukura amabuye y’agaciro batawe muri yombi

Hasigayiki Janvier w’imyaka 23, Tuyisenge Fulgence w’imyaka 18 na Nyandwi Jean Paul w’imyaka 24 (…)

Rulindo: Babiri bafatiwe mu modoka bicariye urumogi

Ku wa 26 Mutarama uyu mwaka, Polisi mu karere ka Rulindo yafatiye mu modoka abagabo babiri (…)

Gicumbi: Imyaka itatu irashize abubatse ikigo nderabuzima cya Nyamiyaga bishyuza miliyoni 10Rwf

Abakozi barenga 160 biganjemo abafundi n’abayede bubatse ikigo nderabuzima cya Nyamiyaga mu (…)

Kigali: Abakorera ‘Down Town’ barataka kwishyura ubukode mu madorali no kugura amasezerano

Abakorera mu nyubako ya ‘Down Town’ barataka uruhuri rw’ibibazo bavuga ko baterwa n’ubuyobozi (…)

Batatu bafungiye ibyaha birimo ubwambuzi bushukana

Mbonigaba Jean D’Amour, Habimana Idrissa na Maniriho Eric bafunzwe bacyekwaho ibyaha birimo (…)

I Karembure muri Kicukiro akarere karimo kubakayo ishuri ribanza ry’ igorofa

Karembure ni akagari ko mu murenge wa Gahanga,umwe mu mirenge igize akarere ka Kicukiro mu mugi (…)

Nyanza: Mu gikorwa cyamaze amasaha 4, Polisi yafashe ibiro 80 by’urumogi

Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyanza yafatiye (…)