skol
fortebet

Ubukungu

Musanze: Barinubira isoko rimaze imyaka 60 riremera mu muhanda

Abahahira n’abakorera mu isoko rya Nyirabisekuro riherereye mu murenge wa Remera ho mu karere ka (…)

Rusizi : Yafatanywe arenga miliyoni ayavunja mu buryo butemewe n’amategeko

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rusizi mu murenge wa kamembe yataye muri yombi (…)

Ngoma : Umugabo yafatanwe ibiro 30 by’urumogi abipakiye kuri moto

Mu rukerera rwo ku wa 24 Mutarama uyu mwaka Polisi mu karere ka Ngoma yafatanye uwitwa (…)

Kaboneka na Mukeshimana bemeye ko habayeho amapfa bizeza Abanyarwanda ko ntawe uzicwa n’ inzara

Minisitiri w’ ubuhinzi n’ ubworozi Mukeshimana Geraldine na Minisitiri w’ ubutegetsi bw’ Igihugu (…)

Gisagara-Rubavu : Bafatanywe amabalo 12 y’imyenda ya caguwa za magendu

Tariki 23 Mutarama mu turere twa Rubavu na Gisagara hafatiwe abantu bane, aba bakaba barafashwe (…)

Miliyari zirenga 32 zo mu Gaciro Devolopment Fund zagurijwe amabanki

Amakuru aturuka mu buyobozi bw’Ikigega Agaciro bwatangaje aravuga ko 70% bya miliyari 47 Frw ni (…)

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa 2 muri Afurika mu kugira imihanda myiza

Raporo y’ihuriro mpuzamahanga k’ubukungu World Economic Forum ya 2017/2018 igaragaza ko u Rwanda (…)

Karongi: Umusore washakaga guha ruswa umupolisi yatawe muri yombi

Kuri uyu wa 20 Mutarama, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Karongi yataye muri yombi (…)

Abacungagereza bishimiye kwemererwa na Leta guhahira mu iguriro rya gisirikare

Abacungagereza bafite icyizere ko bo n’ imiryango yabo hari ikigiye guhinduka mu mibereho yabo (…)

BNR na Polisi mu rugamba rwo guhangana n’ibyaha bikoresha ikoranabuhanga

Polisi ifatanyije na Banki nkuru y’u Rwanda ndetse na Minisiteri y’ikoranabuhanga n’itumanaho (…)

2017 ishoramari mu Rwanda ryiyongereho miliyoni 515 z’ amadorali y’ Amerika

Umwaka ushize ishoramari mu Rwanda ryageze kuri miliyari 1.675 mu madorari y’ Amerika Ikigo (…)

Gicumbi: Polisi ifunze babiri n’imodoka zabo zipakiye amabalo 18 ya caguwa

Polisi ikorera mu karere ka Gicumbi yafashe imodoka ebyiri n’abashoferi bazo bakurikiranyweho (…)

Muri Mata, imodoka ya mbere yakorewe mu Rwanda izashyirwa ku isoko

Uruganda rw’Abadage rukora imodoka Volkswagen rwatangaje byinshi bijyanye n’ikorwa ry’imodoka mu (…)

Polisi yerekanye abantu 49 bashinjwa amanyanga mu bucuruzi bw’ibirayi

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Mutarama, inzego zitandukanye zirimo na Polisi y’u Rwanda (…)

Izamurwa ry’ubwishingizi bw’ibinyabiziga bishobora kongera amafaranga y’ingendo

Bamwe mu bafite imodoka zitwara abagenzi ku buryo bwa rusange baravuga ko izamuka ry’ibiciro (…)