skol
fortebet

Ubukungu

Umwicanyi ruharwa uryamye mu kiyaga cya Kivu, icyago cyangwa amahirwe ku Rwanda

Abashakashatsi bagaragaraje ko nta kigikozwe mu maguru mashya ikiyaga cya Kivu nubwo abantu (…)

Min. Munyeshyaka yagaragaraje inzira yo gusohoka mu bushomeri

Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Vincent Munyeshyaka yeretse abafite ikibazo cy’ubushomeri ko (…)

Umwana w’ imyaka 8 wafotowe agerageza gusana itiyo y’ amazi WASAC yamuhaye miliyoni

Rukundo Yasiri w’ imyaka umunani y’ amavuko wafotowe arimo kugerageza gusana itiyo y’ amazi ngo (…)

Mu mezi ane u Rwanda rwahombye miliyari 5 kubera uburenge

Kuva mu kwezi kwa Gatanu kwa 2017 kugeza mu kwezi muri Nzeli 2017, u Rwanda rwahombye miliyari 5 (…)

Kagame n’ umuherwe wo muri Nigeria bazayobora inama ya ba rwiyemezamirimo bakiri bato muri Afurika

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umuherwe wo mu gihugu cya Nigeria Tony Elumelu nibo (…)

Ibiciro bya Lisansi na mazutu byongeye kuzamuka

Ikigo cy’ igihugu kigenzura imirimo imwe n’ imwe ifitiye igihugu akamaro RURA cyatangaje ko kuva (…)

Abaguze UTC ya Rujugiro bati ‘mu bucuruzi iyo washoye neza ntuhomba’

Kigali Investment Company (KIC), yaguze mu cyamunara inzu Union Trading Center yari iya Rujugiro (…)

Ikibazo cy’imbuto y’ibirayi gishobora kuba kigiye gukemuka burundu

Abatubuzi b’ imbuto y’ ibirayi baratanga icyizere ko ikibazo cy’ ibura ry’ imbuto y’ ibirayi (…)

Rwiyemezamirimo yanze gutanga ruswa abura uko yishyura abakozi

Rwiyemezamirimo Muhima Michel aravugwaho kwambura abaturage bamukoze ku inzu ifitwe mu nshingano (…)

Kigali: Batandatu bafatanywe amafaranga y’amiganano agera kuri Miliyoni 7,380,000

Maniriho Fidele, Ndayishimiye J Baptiste, Hakizimana Gilbert, Uwizeye Francois na Gashagaza (…)

Gasabo: Umushoferi akurikiranyweho guha umupolisi ruswa y’amafaranga

Nshimiyimana Jean Pierre afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Remera mu karere ka Gasabo (…)

U Rwanda muri gahunda yo kurandura inzara n’ imirire mibi bitarenze 2025

Guverinoma y’ u Rwanda n’ abafatanyabikorwa bayo bihaye intego yo kurandura inzara no kudahaga (…)

‘Umuturage azacibwa 5000 kugera ku 100 000 niyemera ko bamumfunyikira mu ishashi ’ REMA

Ikigo cy’ igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije REMA cyatangaje ko umuntu uzongera kwemera (…)

RRA yatunze urutoki abarangura mu mahanga banyereza imisoro

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro kivuga ko 12% by’abatumiza ibicuruzwa mu mahanga cyane (…)

Karangwa yakoze ikoranabuhanga ryo kwishyura umutekano

Umusore wiga mu mwaka wa mbere muri kaminuza yakoze application yise Sugira avuga ko (…)